Bobi Wine agiye kwinjira mu ishyirahamwe ry’abaherwe muri Uganda Bagaga Kwagalana
— February 22, 2016
Please enter banners and links.

Umuhanzi muri Uganda umaze gukora izina kurusha abandi ndetse uvugwaho ubukire kurusha abandi bahanzi ubu agiye kwinjira mu Ishyirahamwe ry’abaherwe mu gihugu cya Uganda ryitwa Bagaga Kwagalana.
Iri Shyirahamwe ry’snsherwe muri Uganda ryashinzwe rigamije guhuza abaherwe bose bo muri icyo gihugu ndetse rigamije no kubunga ku buryo nta wabangamira mugenzi we dore ko haba hari byinshi bibahuza harimo n’ubucuruzi.

Uyu muhanzi Bobi Wine uzwiho kwiyita Ghetto President akaba amaze kuba umuhanga cyane mu bijyanye n’imishinga y’umuziki we kuko amaze kuwubyaza umusaruro aho afite amazu meza ahenze bakunda kwita Real Estate akodesha ,afite Hotels ,afite Beach aho abantu bosohokera ku mucanga n’ibindi byinshi.

Bobi Wine biravugwa ko ubu afite Amashilingi yo muri Uganda angana na Miliyari mirongo itatu ne shatu na Miliyoni eshanu (33.5 Billion Ug/shs)ahwanye na Miliyoni 11 z’Amadorari ya Amerika .
Nkuko bimwe mu bitangazamakuru byo muri Uganda dukesha iyi nkuru byabivuze ni uko kugirango winjire muri iryo Shyirahamwe Bagaga kwagalana ni uko byibuze ugomba kuba ufite Miliyari mirongo itatu ne shanu (35 Billion).

Ubu umuhanzi Bobi Wine akaba akora amanywa n’ijoro kugirango abone Miliyari imwe n’igice aburaho kugirango yuzuze Miliyari 35 zisabwa kugirango ube ubaye umunyamuryango w’Ishyirahamwe ry’abaherwe Bagaga Kwagalana.

Bobi Wine azaba ariwe muhanzi wa mbere muri Uganda winjiye muri iryo Shyirahamwe aciye agahigo ko kuba ariwe muhanzi ukize kurusha abandi muri Uganda.


Noella
4,663 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply