Bobi Wine agiye kwinjira mu ishyirahamwe ry’abaherwe muri Uganda Bagaga Kwagalana
— February 22, 2016
Please enter banners and links.

Umuhanzi muri Uganda umaze gukora izina kurusha abandi ndetse uvugwaho ubukire kurusha abandi bahanzi ubu agiye kwinjira mu Ishyirahamwe ry’abaherwe mu gihugu cya Uganda ryitwa Bagaga Kwagalana.
Iri Shyirahamwe ry’snsherwe muri Uganda ryashinzwe rigamije guhuza abaherwe bose bo muri icyo gihugu ndetse rigamije no kubunga ku buryo nta wabangamira mugenzi we dore ko haba hari byinshi bibahuza harimo n’ubucuruzi.

Uyu muhanzi Bobi Wine uzwiho kwiyita Ghetto President akaba amaze kuba umuhanga cyane mu bijyanye n’imishinga y’umuziki we kuko amaze kuwubyaza umusaruro aho afite amazu meza ahenze bakunda kwita Real Estate akodesha ,afite Hotels ,afite Beach aho abantu bosohokera ku mucanga n’ibindi byinshi.

Bobi Wine biravugwa ko ubu afite Amashilingi yo muri Uganda angana na Miliyari mirongo itatu ne shatu na Miliyoni eshanu (33.5 Billion Ug/shs)ahwanye na Miliyoni 11 z’Amadorari ya Amerika .
Nkuko bimwe mu bitangazamakuru byo muri Uganda dukesha iyi nkuru byabivuze ni uko kugirango winjire muri iryo Shyirahamwe Bagaga kwagalana ni uko byibuze ugomba kuba ufite Miliyari mirongo itatu ne shanu (35 Billion).

Ubu umuhanzi Bobi Wine akaba akora amanywa n’ijoro kugirango abone Miliyari imwe n’igice aburaho kugirango yuzuze Miliyari 35 zisabwa kugirango ube ubaye umunyamuryango w’Ishyirahamwe ry’abaherwe Bagaga Kwagalana.

Bobi Wine azaba ariwe muhanzi wa mbere muri Uganda winjiye muri iryo Shyirahamwe aciye agahigo ko kuba ariwe muhanzi ukize kurusha abandi muri Uganda.


Noella
4,623 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply