umu amakuru- Umuhanzi Bebe Cool yakoranye indirimbo na Sauti Sol | Umusingi

Umuhanzi Bebe Cool yakoranye indirimbo na Sauti Sol

Please enter banners and links.

Umuhanzi wo muri Uganda Bebe Cool umaze kuba icyamamare muri icyo gihugu mu gukora indirimbo nziza cyane ubu yakoranye indi ndirimbo n’itsinda ry’abahanzi bo mu gihugu cya Kenya bitwa Sauti Sol iyo ndirimbo ikaba yitwa MBOZI ZA MALWA.

Itsinda ry’abahanzi Sauti Sol niryo ryatwaye igihembo cy’abahanzi ba mbere muri Africa ,igihembo gitangwa na MTV .

Nguwo Bebe Cool ari kumwe na Sauti Sol barimo gukora amashusho yindirimbo MBOZI ZA MALWA

Indirimbo MBOZI ZA MALWA ikaba yarafatiwe amashusho mu gihugu cya Uganda mu mujyi wa Kampala muri Hilton hotel.

Indirimbo ivuga inkuru y’abantu b’inshuti iyo bahuye bagasangira inzoga mu giturage baganira banezerewe.

Iyi ndirimbo yasohotse ku itariki 1 Gicurasi 2017 ikaba ubu irimo gucurangwa kuri za Televiziyo nyinshi zikomeye zirebwa ku isi yose.

Noella

2,324 total views, 3 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.