Umuhanzi umaze kuba icyamamare mu Rwanda no ku isi yose Priscillah yakoranye indirimbo na Emmy
— April 15, 2017
Please enter banners and links.

Umuhanzi umaze kuba icyamamare mu Rwanda no ku isi yose Princess Priscillah yakoranye indirimbo na Emmy yitwa wabagahe .
Priscillah kuri uyu wa 15 Mata 2017 yatangaje ko iyo ndirimbo ari bube ayigejeje ku bakunzi be mu masaha make kandi akaba yizeza abafana be ko iyo ndirimbo ari nziza nkuko asanzwe abakorera indirimbo zigakundwa ku isi yose.

Hari abahanzi Imana iha amahirwe yo gukora ibintu bigakundwa na Priscillah Imana yamuhaye amahirwe agira ijwi ryiza kandi nawe akaba ari mwiza bigatuma arushaho kuba icyamamare ibi n’ibyavuzwe n’umufana we witwa Iradukunda M Grace.

nguwo Priscillah uko asigaye asa yabaye mwiza ariko akaba n’umuhanga cyane

Priscillah yarahindutse cyane
Priscillah uba muri America amakuru avuga ko abahanzi batandukanye bamushaka kugirango bakorane indirimbo kubera ko nta muhanzi barakorana ngo indirimbo yabo ibe mbi buri uwo bakoranye wese bakorana indirimbo ikaba nziza.
Umuratwa Priscillah avuga ko agiye kugaruka mu Rwanda vuba ndetse amakuru akaba avuga ko ashobora gukorana n’umuhanzi The Ben mu kwamamaza Perezida Kagame mu matora y’umukuru w’igihugu amakuru aturuka ahantu hizewe.
Uyu muhanzi ukunzwe cyane kurusha abandi bose mu Rwanda akaba amaze gukorana indirimbo n’abahanzi batandukanye barimo The Ben bakoranye indirimbo yitwa Ntacyadutanya yabaye nziza cyane.Yakoranye n’abandi barimo Medy na Kitoko na King James wuriye indege akajya muri America gukorana nawe indirimbo ,ubu akaba akoranye na Emmy nawe babana muri America.
Ikinyamakuru Umusingi cyashatse kubaza umuhanzi Emmy impamvu yatumye bakorana indirimbo ndetse n’impamvu bayise wabagahe ariko ntibyadukundiye.
Noella
3,272 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Leave a reply