Perezida Kabila yahaye abakinnyi batwaye CHAN imodoka yabemereye
— February 9, 2016
Please enter banners and links.

Nyuma y’aho abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo batwariye igikombe cyahuzaga abakinnyi bakina imbere muri shampiyona z’ibihugu byabo muri Afurika CHAN cyaberaga mu Rwanda .

Kuri uyu wa Kabiri taliki 9 Gashyantare 2016 Perezida Kabila yakiriye aba bakinnyi buri umwe ahabwa imodoka yo mu bwoko bwa Prado VX nshyashya nk’igihembo kuko bitwaye neza muri CHAN ndetse bagatahukana n’igikombe.
Ibi benshi bavuga ko ari uburyo bumwe bwo gushyigikira siporo kuko n’umwana muto agira umutima wo gukunda siporo cyane cyane umupira w’amaguru.
Ibi bikwiye no kuba mu Rwanda niyo batahabwa imodoka nk’izo Congo yahaye abakinnyi bayo ariko bakagira ibyo bemererwa bituma n’abana bato bakura bakunda umupira w’amaguru nkuko umwe mu bavuganye n’Umusingi utashatse ko amazina ye atangazwa.
Nkuko bigaragara ku rubuga rwa Twitter rw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Congo , ingabo z’amahanga zishinzwe kurinda amahoro muri iki gihugu nazo zashimiye abakinnyi uburyo bitwaye bakabasha kwegukana igikombe.
Tariki ya 7 uku kwezi aribwo ikipe y’igihugu ya RDC yegukanye iki gikombe , akaba ari no kunshuro yayo ya kabiri icyegukana dore ko ubwo cyakinirwaga ku nshuro ya mbere mu 2009 DR Congo nanone ariyo yari yacyegukanye.
kuri iyo nshuro nabwo abakinnyi bari muri iyo kipe perezida Kabila akaba yarabahembye imodoka yo mu bwoko bwa VX.
Muhungu John
2,824 total views, 5 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply