Umufana umwe wa Congo yaguye mu mpanuka yabereye muri Nyungwe
— February 7, 2016
Please enter banners and links.

Ahagana saa tanu, imodoka yo mu bwoko bwa Coaster yari itwaye abanye-Congo berekezaga i Kigali kureba umukino wa nyuma wa CHAN yakoze impanuka igeze mu ishyamba rya Nyungwe, umwe yitaba Imana, abandi barindwi barakomereka.
Umuvugizi wa Polisi ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda SP Ndushabandi Jean Marie Vianney yabwiye itangazamakuru ko iyi Coaster yagonze umukingo igeze mu ishyamba rya Nyungwe mu gice kiri mu Kagali ka Buvumbira mu Murenge wa Bushekeri mu Karere ka Nyamasheke.
Yagize ati “ Harimo abanye-Congo bari baje kureba umupira”. Biravugwa ko yagonze umukingo kubera umuvuduko.
Hapfuyemo umuntu umwe hakomeraka barindwi harimo n’umushoferi.
”
Akomeza avuga ko muri aba barindwi batanu bakomeretse ku buryo bukabije bakaba bahise bajyanwa mu bitaro bya Bushenge.
Aba banye-Congo bakaba berekezaga i Kigali kureba umukino wa nyuma wa CHAN hagati y’igihugu cyabo na Mali.
Abanye Congo bakaba bakunze gukodesha imodoka za Kigali Coach arizo zibazana zikabageza kuri Stade Amahoro .
umusingi1@gmail.com
3,485 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply