Umuhanzi WizKid arashakishwa na Interpool bitarenze taliki 16 Mutarama 2017 kuba yafashwe
— January 12, 2017
Please enter banners and links.

Umuhanzi wo mu gihugu cya Nigeria uzwi ku izina rya Ayodeji Ibrahim Balogun a.k.a Wizkid ashakishwa na Interpool kubera ibyaha aregwa mu gihugu cya Uganda.
Umucamanza witwa Baligeya Moses Mufumbiro yasohoye urwandiko rusaba Interpool gufata uyu muhanzi uherutse kuza mu Rwanda kubera ibigo 2 bikomeye muri Uganda byamuregeye ko uyu muhanzi yariye Amadorari yabyo ubwo yari yemeranijwe n’ibyo bigo ko azaza gicurangira muri Uganda Cricket Oval, Lugogo.
Uyu muhanzi bamahaye Amadorari yo kugirango azaze gucurangira Abagande ku buryo bamwamamaje cyane ariko umunsi ugeze ntiyaza kandi yarahoraga ababwira ko yiteguye kuza.

Uyu muhanzi arashinjwa ubujura bushukanye buhanishwa ingingo y’itegeko ya 309 mu itegeko rihana rya Uganda.
Araregwa nanone gufata amafaranga mu buryo butemewe bityo umucamanza akaba yasabye ko Interpool yamufata ikamugeza imbere y’urukiko bitarenze taliki 16 Mutarama 2017.
Abantu batangiye kuvuga ko uyu muhanzi ari umukire aza ku mwanya wa 10 muri Africa igihugu cya Uganda kikaba kitashobora kumugeza imbere y’urukiko rwo muri Uganda.
Wizkid yagombaga kuririmba muri Uganda taliki 3 Ukuboza 2016 ariko ntagaragara ndetse ntiyatanga n’impamvu.
Noella
2,926 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply