Muganwa Andrew wamenyekanye cyane mu kurwanya ubutegetsi bwa Perezida Kagame no gufungwa kenshi yitabye Imana
— December 19, 2016
Please enter banners and links.

Muganwa Andrew Kuwa 18 Ukuboza 2016 nibwo inkuru ko yitabye Imana yatangiye kuvugwa akaba azize indwara ya apetite c nkuko mbere y’uko yitaba Imana yabitangarije Ikinyamakuru Umusingi aho yari arwariye mu bitaro bya Kanombe.
Muganwa Andrew yamenyekanye cyane kubera kurwanya ubutegetsi bwa Perezida Kagame ndetse akaba yaramenyekanye cyane mu itangazamakuru kuko yakoranye n’ibinyamakuru bitandukanye harimo Umuseso.N’umugabo wakundaga Ubwami akaba yarigeze guhungira muri Canada agarutse mu Rwanda arafungwa igihe kirekire .

Muganwa Andrew mbere y’uko yitaba Imana yaje aho Ikinyamakuru Umusingi gikorera avuga ko yarwaye apetite c(Photo ububiko)
Ubuzima bwe hafi yabwose yahoraga afungwa agafungurwa nyuma y’igihe gito akongera agafungwa.
Apfuye yashakaga kurega uwitwa Rudasingwa Theogen wahoze ari Ambasaderi muri America mbere yo guhunga igihugu agahungira muri America aho yashakaga kumurega ko yamubeshye ko yateye inda umunyeshuri w’umuzungu bikaba ngombwa ko icyaha agishyira kuri Muganwa Andrew kubera ko yakundaga Umwami Kigeli kandi Rudasingwa atarabishaka .
Rudasingwa yategetse ko Muganwa afatwa akazanwa mu Rwanda baramufata bamugejeje ku kibuga cy’indege ariruka arabacika ahungira muri Canada akaba ariwe wamuteje ibibazo byose yagiye ahura nabyo akaba ariyo mpamvu yashakaga kumujyana mu nyiko.Imana imuhe iruhuka ridashira.
3,360 total views, 3 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply