Yashatse kwigana ibyo ajya abona muri filime asimbuka kuva muri etaje ya 7 agwa hasi
— September 3, 2016
Please enter banners and links.

Umusore w’imyaka 25 yashatse kwigana ibyo ajya areba muri filime maze asimbuka kuva muri etaje ya 7 agwa hasi.
Byabaye uyu munsi kuwa gatandatu taliki 3 Nzeli 2016 mu mujyi wa Kampala ku nzu ndende yitwa Mabiriizi Complex iherereye kuri Kampala road .
Abacuruzi bacururiza muri iyo nyubako ndende bakanzwe no kubona umusore utaramenyekana amazina asimbuka kuva muri etaje ya 7 akagwa hasi n’ubwo yabanje kugwa ku modoka yari iparise ariko akayirenga akagwa mu muhanda polisi ikamujyana kwa muganga atarapfa.



Abudalah Ssentamu n’umwe mu bacururiza kuri iyo nyubako akaba yavuze ko uwo musore yabanje kugerageza gusimbuka kumara iminota 10 yose bamuhamagara ngo aveyo akanga hanyuma akageraho agasimbuka akagwa mu muhanda.
Hari abandi bantu bavuga ko ashobora kuba yari afite ibibazo n’umugore we akumva iby’isi abirushye agahitamo kubihunga gutyo.
Polisi ikaba yatangiye iperereza kumenya aho yari atuye no kumenya icyamuteye kwiyahura.
Muhungu John Kampala
3,020 total views, 5 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply