Mbonigaba Channy Ukekwaho iterabwoba yarashwe na Polisi arapfa
— August 18, 2016
Please enter banners and links.

Mu itangazo rigenewe abanyamakuru kuri uyu wa kane Taliki 18 Kanama 2016 rivuga ko Polisi y’u Rwanda yageragerageje gufata umugabo ukekwaho iterabwoba wari witwaje imbunda yanikingiranye mu nzu mu bice bya Nyarutarama, yamurashe agapfa.
Uyu ukekwaho iterabwoba yamenyekanye ku izina rya Mbonigaba Channy, akaba akomoka mu karere ka Rubavu.

Inzu ivugwa ko ariyo yarasiwemo
Igikorwa cyo kumufata cyabaye mu ijoro ryo kuwa gatatu tariki ya 17 Kanama 2016 kimara amasaha hafi atatu, mu gihe yarasanaga n’abapolisi umwe muri bo akaba yakomeretse.
Guhera umwaka ushize, Polisi y’u Rwanda yatangiye gukora iperereza ku bantu bakekwaho ibikorwa by’iterabwoba no gukorana n’imitwe y’iterabwoba yo hanze y’igihugu, ndetse bamwe bakaba barashyikirijwe inkiko.

Polisi y’u Rwanda ikaba yizeza umutekano usesuye abaturarwanda, by’umwihariko abaturage ba Nyarutarama aho byabereye.
Umusingi1@gmail.com
3,037 total views, 7 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply