Ronaldo yishimiye kwifotoranya na J.Lopez ku munsi wamavuko
— July 27, 2016
Please enter banners and links.

Umuhanzikazi Janiffer Lopez yizihije isabukuru y’amavuko ye ubwo yuzuzaga imyaka 47 atumira ibyamamare muri muzika ndetse na Christiano Ronaldo.
Uyu muhanzikazi wakanyujijeho yijihije isabukuru ye yamavuko kuwa 24 Nyakanga 2016 ahitwa Nobu Villa Hotel igezweho .
Christiano Ronaldo yanze gutaha atifotoranije na JLO maze ajya kumushaka ngo bifotoranye maze undi nawe aramwemerera barifotoranya.




Ronaldo yahise ashyira ifoto ye yifotoranije na JLO kuri instagram ye yishimira kuba yifatanije n’icyamamare muri muzika JLO.
Hari hari abahanzi batandukanye barimo Iggy Azalea , Fat Joe , Fabolous,Montana n’abandi benshi ndetse n’abanyamideli nka Kim Kardashian n’abandi benshi.



JLO akaba yararirimbye ku munsi we w’amavuko ashimisha abaje kumushyigikira ariko bose batashye bavuga ko Lopez ku myaka 47 wagirango ari mu myaka 30 kubera uburyo yiyitaho no gukora siporo no kugira amafaranga menshi.
Noella
2,687 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply