Umuhungu wa Zari yavuze ko ari umutinganyi biteza rwaserera (Video)
— January 8, 2021
Please enter banners and links.

Amakuru yakwiriye hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga ko umuhungu wa Zari witwa Ssemwanga Raphael Junior
yabyaranye na Nyakwigendera Ivan Ssemwanga ku mugaragaro yemeye ko ari umutinganyi.
Ku mashusho (Video)yagiranye n’abandi bantu yaganiraga nabo yavuze ko ari umutinganyi kandi ari ibintu bidasekeje ndetse avuga ko yumvaga mu mutima we atazi igihe azabishyira ku mugaragaro abantu bakabimenya ndetse bakabyakira.
Ikinyamakuru cyo muri Uganda galaxyfm.co.ug cyavuze ko Zari yagize icyo avuga ku muhungu wemeye ko ari umutinganyi.
Iki kinyamakuru kivuga ko Zari yavuze ko umuhungu we niba yemeye ko ari umutinganyi nk’umubyeyi agomba kumushyigikira kuko aribyo aba yahisemo gusa ahakana ko umuhungu we Atari umutinganyi.
Abantu benshi ntibaramenya ko ikibazo cy’ubutinganyi kimaze gukomera abahungu benshi n’abagabo ari abatinganyi ndetse n’abakobwa ku bakobwa bagenzi babo uretse ko abenshi babikora mu ibanga rikomeye.

Zari n’umuhungu we uvugwaho kuba umutinganyi

Uyu musore wa Zari akaba yavuze ko akunda abasore bagenzi be ndetse akunda gutingana ikintu cyatumye abantu bagira ubwoba cyane kubona umwana uba warakuriye mu buzima bwiza kuko nyina n’umukire cyane ariko ukabona umwana muto yinjira mu ngeso nk’izo bitangaje.
2,814 total views, 5 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply