Umugore wa Bobi Wine Barbie Itungo ni maneko wa Leta-Tamale Mirundi
— January 3, 2021
Please enter banners and links.

Uwabayeho umunyamakuru akaba n’umujyanama wa Perezida Museveni witwa Tamale Mirundi yavuze ko umugore wa Bobi Wine witwa Barbie Itungo ari maneko wa Leta.
Tamale Mirundi ibi akaba yarabivuze kuri Dembe FM no kuri Youtube channel ya Kasuku aho yavuze ko Leta ya Museveni ifite uburyo ikora abantu badashobora kumenya ariko kubera umugore wa Bobi Wine aturuka Ntungamo mu gice n’umugore wa Museveni aturukamo bituma bamukoresha kuneka umugabo we.
Tamale Mirundi yagize ati “Ibi na Bobi Wine arabizi ko umugore we akorera umuryango wa Museveni (First Family).
Tamale Mirundi wabayeho umunyamakuru avuga ko Barbie Itungo umugore wa Bobi Wine akorana na Janet Kataha Museveni nk’abantu baturuka mu Majyepfo ya Uganda muri za Ntungamo ahana hafi y’Igihugu cy’u Rwanda.
Uyu muryango wa Bobi Wine uvugwaho byinshi ariko byinshi muri byo biba bitari ukuri ahubwo ari propaganda ya Leta yo kwangisha abaturage uyu muhanzi akaba n’umunyapolitike umereye nabi Perezida Museveni ushaka kumukura ku butegetsi.

Tamale Mirundi wambaye ingofero y’umuhondo y’Ishyaka rya NRM na Bobi Wine hagati n’umugore wa Bobi Wine Barbie Itungo
Nkuko ikinyamakuru celebpatral.com cyo muri Uganda dukesha iyi nkuru kivuga ko Tamale Mirundi wabayeho umujyanama wa Perezida Museveni ndetse umwe mu bafana be ndetse ubarizwa mu Ishyaka rya NRM azi neza ko Barbie ari maneko wa Leta ya Museveni akorana n’umuryango wa Museveni binyuze muri Janet Museveni.
Muhungu John-Kampala
4,062 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply