SHANGAZI :Mbigenze nte ko naciye imyeyo ikaba yaranze kuba miremire kandi umugabo wanjye ariyo ashaka
— July 16, 2016
Please enter banners and links.

Mbere na mbere mwana wanjye icyo ugomba kumenya ni uko guca imyeyo ukuze bitoroshye kuko bisaba guca imyeyo umaze kuba inkumi naho iyo ukuze biragorana cyane kubera umubiri wahahandi ufata ukurura uba ukomeye.
Abagore bataciye imyeyo iyo bagiye mu mihango cyangwa tubyite iyo bagiye mu kwezi ,ibyo twita imyeyo itangira kugabanuka ikaba ntoya cyeretse iyo uvuye mu kwezi ukongera ugakurura bushya icyo gihe isubira uko yanganaga ariko iyo udakuruye buri uko ujya mu kwezi cyangwa buri uko ujya mu kibada ntukurure igenda igabanuka gahoro gahoro ukagera igihe usanga usigaranye gato cyane.
Uku guca imyeyo urakurura gusa igasubira kuri size cyangwa uko yanganaga iyo wari warakuruyeho naho imiti ikoreshwa ifasha kwihutisha imyeyo gukura vuba.

Abagabo benshi bakunda abagore baciye imyeyo kuko iyo arongora umugore we mu muco wa Kinyarwanda babyita kunyaza ,iyo anyaza igitsina cye agikubita kuri iyo myeyo akumva aribyiza kandi akenshi abagore baciye imyeyo bakunda kugira amazi cyeretse iyo hari izindi ndwara afite mu mubiri we zituma bamunyaza nta nyare.
Mwana wanjye rero inama wangishije nakubwira ko niba umugabo wawe akunda imyeyo ,aho kugirango azagute agiye gushaka abafite imyeyo miremire wakwihangana ukajya ukurura n’intoki uzababara ariko ize umugabo wawe yishime .
Cyangwa se uzashake imiti irahari bakoresha bakurura ntubabare ndetse Kampala mu minsi ishize hatangije iduka ricuruza imiti ifasha abagore guca imyeyo wajyayo bakahakurangira cyangwa ugatumayo umuntu aho kugirango umugabo wawe agusige kandi mwakundanaga.
Imyeyo ni twa tuntu tubiri tuba hagati y’igitsina cy’umugore bakunda kwita imishino ,utwo tuntu baradukurura iyo umukobwa akiri inkumi noneho iyo ukuruye cyane tuba tureture cyane ,iyo udakuruye cyane tuba turinganiye ,abagabo badukunda kubi nkuko bakunda kunyaza.
25,585 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Umuherwe Rwabukamba yapfuye mu buryo buteye ubwoba
1 Comment
ndagukunda chane ndagukurikiranaga