Abarundi 3 bafunzwe imyaka 30 bazira kugaba igitero kuri perezida
— August 12, 2020
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa mbere taliki ya 09 kanama 2020, urukiko rw’uBurundi rwafunze abagabo 2 n’umugore 1 rubakatira myaka 30 bazira kugaba igitero, bakaba bateye amabuye kuri convoy yari itwaye Perezida Evariste Ndayishimiye nkuko ubucamanza bwabitangaje.
Ubushinjacyaha bwakomeje kuvuga ko kuwa 3 ushize amabuye atatu yatewe kuri sitasiyo ya esanse kuri convoy y’imodoka zigera kuri 50 ubwo Perezida yagendaga mu mugi wa Kayanza uherereye mu majyaruguru y’u Burundi.
Ibuye rimwe ryafashe umwe mu barinzi bashinzwe gucunga umutekano wa Peresida , irindi rikubita ikirahure cy’imodoka imwe irindi ntihagira ikintu na kimwe ryangiza.
Abatangabuhamya bo muri Kayanza babwiye AFP ko imodoka zitigeze zihagarara mu gihe ibyo byabaga.
Ku cyumweru, urukiko rwa Kayanza rwakatiye abagabo2 ndetse n’umugore 1 igifungo cy’imyaka 30 kuri buri wese kubera umugambi mubisha wo kugaba igitero ku mukuru w’igihugu cy’u Burundi nkuko byatangajwe n’urukiko .
Amakuru akaba yemejwe n’abatangabuhamya 3 bari bitabiriye urukiko.
Ishimwe Marie Gabriella
2,313 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply