Makanika wageragezaga imodoka ko yakize yagonze abana 2 bavukana barapfa
— August 3, 2020
Please enter banners and links.

Mu gihugu cya Uganda makanika yageragezaga imodoka ko yakize ayitwarana umuvuduko imunanira kuyihagarika iribirindura igonga abana 2 bavukana barapfa.
Nyina wabo bana yagiye kugaruka ava iyo yari yagiye asanga abantu batabaye batwaye abana mu bitaro ahitwa Kawolonaye ariko bapfira mu nzira bataragezwa kwa Muganga.
Abana bapfuye umwe yitwaga Winnie Nalumaga w’imyaka 9 akaba yigaga mu mwaka wa 3 w’amashuri abanza akaba yari kumwe na murumuna we witwa Angel Namutebi wigaga mu wa mbere mu ishuri rya Buzaama P/S.
Ababyeyi b’aba bana bitwa Denis Kasimaggwa na Grace Nalubowa bakaba batuye Bbulamazzi mu Murenge wa Najja mu Karere ka Buikwe.
Nyina w’abo bana yahise ajya kuri Polisi aho batwaye imirambo y’abana be avuga ko abana bari bagiye kwa Sekuru ubyara ise witwa God Kato.
Imodoka yagonze abana abaturage bashakaga kuyitwika ariko Polisi iyitwara vuba vuba.Nkuko abatuarage babivuga ntiharamenyekana niba Makanika yafashwe cyangwa atafashwe ariko bakaba bihanganisha ababyeyi b’abana bishwe kuko gupfusha abana 2 icyarimwe bigoye kubyakira.
Muhungu John-Kampala
2,955 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply