Aisha Nakyeyune umugore wa Ronald Mayinja yatangaje ko papa we yamwanze nyuma yo gukundana n’uwo muhanzi.
— July 27, 2020
Please enter banners and links.

Aish Nakyeyune umugore w’umuhanzi witwa Ronald Mayinja yatangaje uburyo se yanze ko ashyingirwana na Ronald Mayinja kubera SIDA .
Mu kiganiro Aisha yagiranye na BABA TV yatangaje ko yakundaga cyane Mayinja ariyo mpamvu yasuzuguye se.
Aisha Ati:”Papa yaranyanze igihe yumvaga ko nakoranye ubukwe na Ronald Mayinja, usibye ko ntari umuyisilamu , Mayinja yari umucuranzi, papa wange yatekerezaga ko ngiye gupfa kubera agakoko gatera SIDA HIV/AIDS, kuko muri icyo gihe SIDA yicaga abahanzi benshi bikabije ,gusa kuri nge sinegeze mbitekerezaho kuberako nakundaga umugabo wange cyane kandi nawe yarankundaga .
Navuzeko niba ngomba gupfa nishwe na SIDA n’undi muntu utari umuhanzi yayinyanduza kandi nkapfa, rero sinegeze nsiga umugabo wange, usibye nibyo twari twarashyinguye abavandimwe bange bishwe na HIV/AIDS kandi bataregeze bashakana n’abahanzi”.

Umuhanzi rONALD Mayinja n’umugore we Aisha
Icyakora Aisha yagize ubutwari ahitamo gukurikira urukunda kurusha ubwoba maze abana n’umuhanzi kandi bigaragara ko yishimye kuva icyo gihe.
Ndetse yerekanye ko atigeze yicwa na SIDA HIV/AIDS cg ngo ayirware kandi abavandimwe be barayirwaye ndetse ikanabica.Aisha uvugwa n’umugore w’umuhanzi Ronald Mayinja wo muri Uganda ariko Aisha akaba ari umunyarwandakazi.
Byanditswe na Ishimwe Marie Gabriella uri muri Staje
4,002 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply