Aisha Nakyeyune umugore wa Ronald Mayinja yatangaje ko papa we yamwanze nyuma yo gukundana n’uwo muhanzi.
— July 27, 2020
Please enter banners and links.

Aish Nakyeyune umugore w’umuhanzi witwa Ronald Mayinja yatangaje uburyo se yanze ko ashyingirwana na Ronald Mayinja kubera SIDA .
Mu kiganiro Aisha yagiranye na BABA TV yatangaje ko yakundaga cyane Mayinja ariyo mpamvu yasuzuguye se.
Aisha Ati:”Papa yaranyanze igihe yumvaga ko nakoranye ubukwe na Ronald Mayinja, usibye ko ntari umuyisilamu , Mayinja yari umucuranzi, papa wange yatekerezaga ko ngiye gupfa kubera agakoko gatera SIDA HIV/AIDS, kuko muri icyo gihe SIDA yicaga abahanzi benshi bikabije ,gusa kuri nge sinegeze mbitekerezaho kuberako nakundaga umugabo wange cyane kandi nawe yarankundaga .
Navuzeko niba ngomba gupfa nishwe na SIDA n’undi muntu utari umuhanzi yayinyanduza kandi nkapfa, rero sinegeze nsiga umugabo wange, usibye nibyo twari twarashyinguye abavandimwe bange bishwe na HIV/AIDS kandi bataregeze bashakana n’abahanzi”.

Umuhanzi rONALD Mayinja n’umugore we Aisha
Icyakora Aisha yagize ubutwari ahitamo gukurikira urukunda kurusha ubwoba maze abana n’umuhanzi kandi bigaragara ko yishimye kuva icyo gihe.
Ndetse yerekanye ko atigeze yicwa na SIDA HIV/AIDS cg ngo ayirware kandi abavandimwe be barayirwaye ndetse ikanabica.Aisha uvugwa n’umugore w’umuhanzi Ronald Mayinja wo muri Uganda ariko Aisha akaba ari umunyarwandakazi.
Byanditswe na Ishimwe Marie Gabriella uri muri Staje
4,092 total views, 5 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply