Umugore w’imyaka 25 y’amavuko wari wanyweye inzoga yafashwe kungufu n’abagabo 4 bamabandi.
— July 22, 2020
Please enter banners and links.

Mu karere ka Gomba police yataye muri yombi umugabo umwe ndetse hari gushakishwa n’abandi bagabo batatu bakekwaho gufata kungufu umugore wanyuraga hafi y’ibihuru mu gihe yari ari gutaha.
Umugore w’imyaka 25 y’amavuko utuye mu mudugudu wa Buyanja, umugi wa Degeya ubwo yatahaga murugo mu masaha ya saa mbiri z’ijoro ari kumwe n umugabo we batewe n’amabandi y’abagabo 4.
Uyu mugore n’umugabo bagaragaraga nk’abanyweye inzoga bavaga mu kabari kari mu mugi wa Buyanja bakomeretse mu gihe bagwaga mu gico cy’amabandi 4.
Umuvugizi wa Police muri Uganda Fred Enanga yatangaje ko amabandi yabanje gukubita bikomye cyane umugabo w’uyu mugore mbere yuko bamushyira mu bihuru bihegereye aho bamufashe kungufu umwe kuri umwe mpaka bose barangiye bahita biruka.
Umugabo wari wakubiswe cyane yabonye uko umugore we yafashwe kungufu nyuma yumwanya muto yashatse uko atahana umugore we mbere y’uko bamenyesha Police iby’icyo gico cy’abagizi ba nabi bahuye nabo.
Enanga yatangaje ko bagerageje gufata Turyamwijuka Nicholas watwaraga imizigo mu mudugudu wa Buyanja kanndi Police ikaba ikiri gushakisha n’abandi 3 birutse.
Yahinduwe mu Kinyarwanda na Ishimwe Marie Gabriella uri muri Staje
3,621 total views, 3 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply