Uzi impamvu Zari ukunzwe cyane afite umunwa uhengamye ari ukubera ubupfumu?
— July 20, 2020
Please enter banners and links.

Hari abantu bazi gusebanya cyangwa wakwita isebanyabuhanga kuko ibyo Penge Peng yavuze kuri Zari bitangaje.
Penge Peng n’umusore w’umugande ariko utuye mu gihugu cya Sweden ariko akaba azi gutukana cyane ndetse avuga ibintu bitangaje ugasanga afite abantu benshi bamukurikirana kuri social Media kuri Youtube na Facebook.
Penge Peng yasebeje Zari ukunze kwiyita Thebosslady aho yavuze ko Zari afite iminwa ihengamye kubera umugabo we Ivan Semwanga wahoze ari umugabo we wapfuye yamukoreshaga ubupfumu.
Penge Peng yagize ati “Zari umugabo we Semwanga yamushyiraga mu cyumba kihishe agashyira umunwa mu ijerekani ipfumuye akavugiramo ahindura amajwi kugirango bajijishe abaje kuraguza”.
Penge Peng yakomeje avuga ko impamvu iminwa ya Zari ihengamye ari uko iminwa yakoraga ako kazi k’ubupfumu hanyuma baramubaga iyo minwa ariko yanga gusubirana neza.


Penge Peng hagati


Ibi byatumye bamwe mu bafana ba Zari batangira kumwanga ariko abandi bakavuga ko ari ugusebanya ndetse Penge Peng akaba yongeyeho ko muri South Africa cyangwa Afrika y’Epfo Zari bamwita Same day no pain kubera uko yakuragamo inda z’abakobwa batashakaga kubyara ndetse avuga ko Zari nta kazi afite gasobanutse yakwerekana akora ahubwo amafaranga yiratisha ari uko yishe umugabo we akazungura imitungo ye.
Havuzwe ibintu byinshi kuri Zari n’uburyo uwahoze ari umugabo we Ivan Semwanga apfa umurambo we uzanwa muri Uganda wari wanditseho andi mazina atari aye byose bakavuga ko ari Zari wabikoze kugirango umuryango w’umugabo we utazagira icyo ubaza ku mitungo y’umugabo we kandi ari myinshi.
Ibi byose kugirango Penge Peng abishyire ku karubanda byaturutse ko Zari yabajije ngo Bobi Wine ushaka kuba Perezida wa Uganda afite ibisabwa umuntu ukwiye kuyobora igihugu ?.Kubera Politike imaze gufata intera ikomeye muri Uganda buri ruhande ruba rugomba guhangana n’urundi kugirango rwigarurire abantu benshi bikaba bivugwa ko Zari akoreshwa nabo ku ruhande rwa Museveni uhagarariye Ishyaka riri ku butegetsi ndetse akaziyamamaza muri iryo shyaka wenyine rukumbi mu gihe Penge Peng ari uwa People Power ya Bobi Wine,aho guhangana kukaba ariho kwaturutse.
Zari byaramubabaje cyane yongera gukora indi live video aho avuga ko abamutuka uburaya n’ibindi byose badashobora gusubira iwabo kubera ibyaha basize bakoze ati “Muri mwe muheruka iwanyu ryari?ni nde uheruka gutaha ubukwe iwanyu cyangwa gushyingura cyangwa kwitabira ibindi birori?nta n’umwe ahubwo mujya iyo I Burayi kuri MBs babagurira no mutuzu duto mugatangira gutukana kandi bamwe muri mwe ntimwakwishoborera umugore mwiza nka njye ahubwo mushobora abagore babakecuru babazungu mwarangiza mukajya gutukana gusa”.
Penge akomeza acyurira Zari ngo impamvu gushaka akagira urugo rwiza bimunaniye ari inda z’abana yicaga ati kuki Semwanga mwatandukanye ?Diamond kuki mwatandukanye?ibyo wakoze bizakubuza amahoro ,ntuzongere kuvuga kuri Bobi Wine ngo afite credentials?uri nde wowe uvuga kuri Bobi Wine.
Muhungu John-Kampala
3,486 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply