Nguwo umubyeyi gito wajugunye uruhinja mu musarane kugirango adatandukana n’umugabo we mushya
— July 13, 2020
Please enter banners and links.

Nnabukeera niwe wajugunye umwana w’uruhinja mu musarane bityo amakuru aturuka muri Polisi ya Uganda aho ibi byabereye ko amaze kujugunya umwana mu musarane yagiye kubwira abaturage aho atuye ko umwana yarwaye arapfa amuzika iwabo.
Abaturage bagize amakenga banga kumva ibyo ababwiye bityo baramufata baramufunga fayiro ye kuri polisi ni nnamba CRR 057/020.
Umuvugizi wa Polisi ya Kalungu ASP Charles Okello akaba yemeje amakuru ko Jane Nnabukeera ibyaha yabikoreye ahotwa Kyamuliibwa.
DPC Okello avuga ko ibyaha Nnabukeera yakoze abikoreye ku mugabo we mushya umucuruzi Richard Ssebuliba wamwirukanishije umwana ngo amusubize uwamuteye inda witwaYusufu Mugerwa bityo umugore ahitamo kwica umwana ufite icyumweru kimwe amujugunye mu musarani kugirango akomeze yibanire n’umugabo we mushya.
Umwana yumvishwe na Sheikh wari ugiye gukora ‘wuzu’yumva uruhinja rurira mu musarane ahita atabaza abantu barawusenya bamukuramo ajyanwa mu bitaro bya St Joseph Musaanya Kyamuliibwa baramuvura ndetse ubu ameze neza.
Ubu uyu mwana nakura akumva ko nyina yamujugunye mu musarane ashaka kumwica azakora iki?azakunda nyina?azakura atekereza iki?uyu mubyeyi gito se azajya abona umwana yarakuze atekereze iki?n’ibyinshi abumva iyi nkuru bashobora gutekereza kuri uyu mwana uko azabaho ndetse na nyina uko bazabana amwita umwana we undi amwita nyina.
Muhungu John-Kampala
3,307 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply