Abahanzi Byosebirashoboka na Bosebabireba bahagaritswe mu Nsengero kubera umukobwa basomanye nawe mu ruhame
— July 9, 2016
Please enter banners and links.

Amakuru agera ku Kinyamakuru Umusingi aturuka mu nshuti z’aba bahanzi aravuga ko bahagaritswe mu Nsengero basengeragamo za ADEPR kubera Birashoboka wafotowe asomana n’umukobwa ku karubanda.
Umwe mu nshuti za Byosebirashoboka Aphrodis utashatse ko amazina ye tuyatangaza yagize ati “uziko wa mukobwa wifotoje asomana na Byosebirashoboka yateje ibibazo ubu Byosebirashoboka na Bosebabireba babahagaritse mu Nsengero basengeragamo zo muri ADEPR?.”


Uyu muhanzi w’inshuti z’aba bahanzi yakomeje avuga ko ubu bimaze kubagiraho ingaruka zikomeye ku buryo bajyaga batumirwa mu Nsengero zitandukanye kuririmba bakabona amafaranga yo kubatunga none ntibagitumirwa ku buryo umuhanzi Byosebirashoboka ashaka kujya gusaba imbabazi umukobwa witwa Uwera basomanye.

Ikinyamakuru Umusingi kibajije umuhanzi Byosebirashoboka uririmba indirimbo zihimbaza Imana niba koko barahagaritswe mu Nsengero basengeragamo yagize ati “yewe birakomeye ahubwo nukugira ukareba icyo wakora nzakubwira muri iyi minsi.”
Ikinyamakuru Umusingi cyashatse kubaza undi muhanzi witwa Bosebabireba dore ko aba bahanzi ari inshuti bakunda no kuba bari kumwe kugirango atubwire nawe umwanzuro we kuri iki kibazo ariko ntitwashoboye kumubona ku murongo wa Telephone ye igendanwa.
Amakuru avuga ko Bosebabireba we niyo bamuhagarika ntacyo bimubwiye kuko nubundi hari ibinyamakuru byamwanditse ari mu bimansuro ndetse kandi ko yamaze gukora izina ahubwo ugiye kubihomberamo ni Byosebirashoboka kuko banyiri Nsengero batazongera kumutumira kandi ariho yakuraga agafaranga ko kumutunga.
Bikaba bivugwa ko uyu mukobwa ari inshuti yaba bahanzi bombi ari nayo mpamvu umwe yifotozaga nawe undi agakurikiraho ku buryo nibindi byose baba bari kumwe.
Noella
3,253 total views, 7 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply