Turashaka gushimira Cecile Kayirebwa akiri muzima kubera uruhare yagize mu gusigasira umuco Nyarwanda – Ntagengwa Omar
— March 4, 2020
Please enter banners and links.

Kuri Uyu munsi tariki 4 Werurwe 2020 mu Mugi wa Kigali muri Monaco Cafe habere ikiganiro n’abanyamakuru kigamije kwereka itangazamakuru abahanzi bazitabira igitaramo kiswe IKIRENGA MU BAHANZI kizajya kiba buri mwaka no gutanga amakuru aho imyeteguro igeze .
Iki gitaramo kizaba ku itari 8 uku kwezi kikazabera Camp Kigali kikazitabirwa n’abahanzi batandukanye barimo Man Martin ,Clarisse Karasira , Mariya Yohani ,Ceceli Kayirebwa ari nawe uyu mwaka uzahabwa ishimwe nk’umuhanzi wasigasiye umuco Nyarwanda abinyujije mu ndirimbo ze cyangwa mu bihangano bye n’abandi batandukanye.
Cecile Kayirebwa indirimbo ze imwe n’iyo yatangizaga gahunda za Televiziyo Rwanda kubera ko yari ikunzwe ,indi nayo yafunguraga Radio Muhabura ibyo abateguye iki gitaramo bakaba bavuga ko afite ibihangano byinshi byamamaje umuco Nyarwanda haba mu gihugu no muri Diaspora.



Servil Ntagengwa Omar ubanza ibumoso ,Clarisse Karasira ubanza iburyo
Servil Ntagengwa Omar uturuka muri Diaspora ufatanije na Bwiza Media Ltd na ASBL na Umushanana gutegura iki gitaramo yagize ati “Mu by’ukuri abahanzi bakwirakwiza umuco tukaba twarahisemo Cecile Kayirebwa kuko yagize uruhare rukomeye kandi kuri uriya munsi twifuza kubwira Kayirebwa tuti warakoze akiriho kuko kubivuga atakiriho ntacyo byaba bimumariye ariko byibuze nawe azamenya ko abantu bakunda ibihangano bye kandi bamuzirikana”.
Abategura iki gitaramo ngarukamwaka bavuga ko bazajya bashimira abahanzi bakiriho n’abatakiriho kubera ko abatakiriho nabo ibihangano byabo byagize uruhare mu gusigasira umuco Nyarwanda.
Cecile Kayirebwa abajijwe uburyo yakiriye inkuru yo kumva ko azashimirwa kubera ibihangano bye byateje imbere umuco Nyarwanda yagize ati “Ni ukuri byaranshimishije cyane kandi nzakomeza guteza imbere umuco Nyarwanda mu gihe nzaba ngishoboye”.
Kayiranga Merchoire uhagarariye Bwiza Media Ltd yagize ati “Nta gihembo dufite twavuga tuzaha Cecile Kayirebwa ariko dufite icyo tuzamugenera ariko n’undi wese azahabwa umwanya wo kumushimira ufite inka yaba inka nyanka cyangwa iyo mu mufuka azayizana amushimire uwo mwanya w’abantu bazashaka kumushimira warateganyijwe”.
Umusingi1@gmail.com
3,031 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Leave a reply