Umuvugabutumwa Pastor Abudu Barabyekisa ari mu Rwanda aho asengera abantu bagakizwa ariko mbere yo kugusengera hari ibyo abanza kukubwira.
— February 27, 2020
Please enter banners and links.

Umukozi w’Imana Pastor Abudu Barabyekisa avuga ko Imana yamuhagurukije gusengera abantu bagakizwa bityo akaba afite gahunda yo kuzenguruka Isi asengera abantu.
Pastor Abudu avuye muri Thailand ndetse no muri Amerika avuga ijambo ry’Imana cyane cyane aho ashaka gusengera abafite ibibazo bikomeye bagakizwa.
Pastor Abudu mbere yo kugusengera arabanza akagira ibyo akubwira aho avuga ko mbere y’ibindi byose va mu bigambo ujye ku ijambo ry’Imana.
Mbere y’uko agusengera ni uko ugomba kuba warahisemo umaramaje ko ushaka gukizwa kandi ukamenyana n’Imana bityo akagusengera isengesho rigukiza ndetse rigufasha kugera kubyo ushaka.





Pastor Abudu yigisha ijambo ry’Imana




Pastor Abudu asengera Abakecuru
Ikind avuga ko ugomba kuba ureba kure kuko Imana ifasha ushaka ko imufasha kandi ugomba kuba ufite kwizera muri wowe.
Ikindi ni uko ugomba kuba uri umukozi kuko Imana ikunda abantu bakunda gukora n’ibindi byinshi yatangarije Ikinyamakuru Umusingi Kuwa 26 Gashyantare 2020 ubwo twamusangaga ku Kimironko aho yari yahamagawe n’abantu kubasengera.
Pastor Abudu avuga ko ari umuntu ucisha bugufi uwo ari wese yamuhamagara akamubwira aho ari akamusengera mu gihe abandi ba Pasitori bitajya bikunda kubaho ko umuntu amuhamagara akajya kumusengera ariko uyu arabikora akaba yatwemereye no gutanga nimero ye ya Telephone kugirango umushaka amubone kandi buri umwe aramwitaba.
Pastor Abudu uwamushaka yamuhamagara kuri +256701790236 cyangwa inyarwanda 0783191673 wamusobanuza birambuye cyangwa akaba yagusengera ugakizwa dore ko afite umuhamagoro wo gusengera abafite ibibazo bagakira.
6,052 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ninde ugaruye umuriro muri ADEPR ko wari waracogoyeho ?Uwakoze urutonde rw’Aba terrorists yahagaritswe
Karangwa John watangije ADEPR muri Uganda nyuma akayiteza ibibazo agasubira mu Rwanda akaba Umuvugizi mukuru w’ungirije yagarutse Uganda
Amayobera n’urujijo mu rubanza rw’abahoze ari abayobozi ba ADEPR rwaburanishijwe aho gusomwa
Karuranga Ephrem wahoze ari umuvugizi wa ADEPR yirukanye Sibomana na Rwagasana none nawe Isaie Ndayizeye yamwirukanye
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply