Abantu bitege ko ejo imipaka izafungurwa ?Perezida Kagame na Museveni n’abahuza barimo Perezida wa Angola n’uwa Congo bazahurira i Gatuna
— February 20, 2020
Please enter banners and links.

Ku itariki ya 21 Gashyantare 2020 kuwa gatanu ejo nibwo biteganijwe ko abakuru b’Ibibihugu bya Uganda n’uRwanda baherekejwe n’abakuru b’Ibihugu bya Angola na DR.Congo bazahurira ku mupaka wa Gatuna mu rwego rwo gukemura ibibazo biri hagati y’umubano w’uRwanda na Uganda umaze igihe utameze neza.
Hashize igihe ibi bihugu bitameranye neza ku bijyanye n’umubao ku buryo imipaka ibihuza yari yarafunzwe Abanyarwanda batemerewe kujya muri Uganda kubera impamvu z’umutekano wabo.


Perezida Kagame na Museveni

Abayobozi b’uRwanda mu biganiro na Uganda biherutse kubera mu Rwanda

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Uganda Sam Kuteesa

Umunyamabanga wa Leta uhoraho Olivier Nduhungirehe

Uko Gatuna hameze uyu munsi

Hagiye haba inama zitandukanye hagati y’abayobozi b’ibihugu byombi buri gihugu gifite ibyo gishinja ikindi ndetse buri gihugu gifite ibyo gisaba ikindi kugirango umubano usubire uko wahoze abantu bakomeze kwambuka imipaka uko byari bisanzwe bityo ku munsi w’ejo abantu bakaba biteze ko guhura kw’Abakuru b’ibihugu ku mupaka wa Gatuna bishobora kuba ari uburyo bwo gufungura imipaka.
Nkuko abantu biriwe babivugaho wumvaga bishimiye ko imipaka yafungurwa ndetse hakaba hari amafoto yafashwe yo ku mupaka wa Gatuna aho Abakuru b’Ibihugu bazahurira ubona ko hateguwe neza ndetse n’imipaka ejo ishobora gufungurwa.
3,575 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply