People Power ya Bobi Wine ushaka gukuraho Museveni ku butegetsi bafunguye ibiro bikuru
— February 20, 2020
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda kuri uyu munsi tariki 20 Gashyantare 2020 ni uko People Power iyobowe na Depite Bobi Wine yafunguye ibiro (Office)bikuru ahitwa Kamwokya ari naho Depite Bobi Wine yakuriye.
People Power ntabwo ari Ishyaka ariko bavuga ko biteguye gukuraho Perezida Museveni ku butegetsi kuko ngo amazeho imyaka myinshi bityo bakaba bifuza guhundura ubutegetsi.
Umuhanzi akaba n’Umudepite Bobi Wine yeruye ko ashaka kuguraho Museveni kubutegetsi kandi Bobi Wine akaba akunzwe cyane n’urubyiruko n’abandi bantu bakuze ndetse n’abari mu buyobozi ari uko batabyerekana kuko batinya kwirukanwa .




Abantu benshi ndetse n’amahanga ategereje kureba amatora yo muri Uganda niba hari ikizahinduka n’ubwo abenshi bavuga ko ntacyo biteze kizahinduka uretse gushyushya abantu imitwe kuko Museveni azongera atsinde.
Ariko n’ubwo azatsinda ariko bizamugora cyane kubera ko umwaka utaha wa 2021 ari nabwo amatora azaba hateganijwe abantu bakomeye cyane baziyamamariza kuba Perezida ,abaziyongera kuri Museveni harimo Bobi Wine ariwe Kyaguranyi Sentamu Robert wa People Power hakiyongeraho Rtd Col.Dr.Kiiza Besigye uzaba ahagarariye People’s Government na Gen.Mugisha Muntu uyu nawe akaba akunzwe cyane ndetse n’uzaturuka muri FDC na DP.
Kuba People Power nabo bagize ibiroi bikuru n’ikigaragaza ko bamaze gukomera ariko bamwe mu barwanashyaka babo Museveni akaba agenda abatwara buhoro buhoro abaha amafaranga menshi bagahinduka urugero ni nka Full Figure wahoze muri People Power atuka Museveni ariko nyuma yo kumuha amafaranga menshi ubu uvuze nabi Museveni barwana.
Muhungu John-Kampala
3,242 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply