Abafite ubumuga bwo kutabona no kutumva kubona amakuru biracyari imbogamizi kandi nabo ari abantu nk’abandi
— December 10, 2019
Please enter banners and links.

Mu minsi ishize habaye amahugurwa y’abanyamakuru yateguwe na Pax Press agamije ubukangurambaga binyuze mu itangazamakuru uburyo abafite ubumuga bwo kutabona no kutumva babangamiwe no kutagera ku makuru cyangwa kutabona amakuru kandi nabo ari abantu nk’abandi.
Aya mahugurwa yabeye mu Karere ka Kamonyi akaba yaramaze iminsi ibiri kugirango abanyamakuru bakore ubuvugizi ku bafite ubumuga bwo kutabona cyangwa kutumva ndetse n’abafite ubumuga bukomatanije.
Kelia afite umuryango wita ku bafite ubumuga bwo kutumva akaba yaravuze ko abo bantu bakeneye kumenya amakuru nk’abandi bose kugirango bayamenye ni uko abantu biga indimi z’amarenga.
Indi z’amarenga abazizi baracyari bacye cyane ariko abafite ubumuga bwo kutavuga no kutumva ni benshi kandi bakeneye kumenya amakuru haba mu muganda ibivugirwamo baba bakeneye kubimenya ,kwivuza iyo bagiye kwa muganga birabagora gusobanura indwara barwaye kubera ko abaganga ari bacye bazi amarenga ,Kureba amakuru kuri Televiziyo n’ikibazo uretse TVR gusa nabwo mu makuru y’Ikinyarwanda izindo zose ntago zifite abasobanura mu marenga bikaba bibangamira abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga.
Hagaragajwe impungenge nyinshi n’ibibazo abafite ubumuga bahura nazo cyane cyane nko mu Nkiko iyo hari abashaka gutanga ikirego cyangwa kuburana n’izindi zitandukanye ku buryo bisaba ko amarenga yigishwa mu miryango nkuko Kelia yabivuze.
2,894 total views, 5 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply