Abahanzi 2 Clemy na Maylo bataba i Kigali bakoze indirimbo yitwa Umwana ariko vubaha irabazana Convention cyangwa Kigali Arena (Vidio)
— December 8, 2019
Please enter banners and links.

Abahanzi 2 uwitwa Clemy na Maylo bataba I Kigali bakoze indirimbo yitwa Umwana ikaba yamaze gusohoka n’amashusho yayo ariko bitewe n’uburyo abantu bayikunze vubaha baraba baje I Kigali muri Convention Centre cyangwa Kigali Arena.
Aganira n’Ikinyamakuru Umusingi Clemy kuri iki cyumweru tariki 8 Ukuboza 2019 twamubajije niba ari indirimbo y’abana maze avuga ko ari iy’abantu bakuru ko ivuga cyane ku rukundo.
Yagize ati “Umwana ubundi ni umuntu uba uteteshwa! Ni akazina keza wazajya uhamagara umukunzi wawe kuko nawe uba ugomba kumutetesha kugirango urukundo ruryohe”.
Yakomeje avuga ko hari nkaho bigera muri iyo ndirimbo ukumva ngo abo baba banitse amagufa hanze ntibaba bazi ko wahaze imihore! Bivuz ngo harigihe uba wifitiye umukunzi wawe kandi wamuhaye buri kimwe yahaze abandi bakaza kumwipendezaho batazi ko yabonye buri kimwe.





Nabo bari mu rukundo se
Nkuko bisanzwe ubu buri muhanzi iyo asohoye indirimbo agerageza kuyimenyekanisha mu nzira zose zishoboka haba mu itangazamakuru no kumbuga nkoranyambaga nka Facebook ,You Tube na za Whatsapp bityo abakunzi b’iyi ndirimbo yakunzwe cyane bakaba batangiye kuvuga ko aba bahanzi mu minsi ya vuba bagomba kuzajya batumirwa muri Kigali Arena igezweho mu kwakira ibitaramo bigezweho n’abahanzi bagezweho cyangwa Kigali Convention Centre kuko bakoze indirimbo nziza cyane.
Nta byinshi turashobora kumenya kuri aba bahanzi ariko icyo twashoboye ku menya ni uko ari abahanzi bakizamuka ariko batangranye imbaraga nyinshi ndetse tukaba twashoboye kumenya ko baherereye mu mugi ukunzwe cyane wa Musanze.


Clemy



Ikinyamakuru Umusingi nkuko gisanzwe giteza imbere umuziki w’abahanzi ndetse n’abahanzi muri rusange tukaba twifuza kuzagirana n’aba bahanzi ikiganiro kirambuye babwire abakunzi b’umuziki uburyo binjiye muri muzika n’ibyo biteze gukorera abakunzi babo ndetse n’urwego bifuza kugeraho n’ibindi byinshi bijyanye n’ubuzima bwabo.
Nkuko dusanzwe tubikora mu rwego rwo kubashyigikira mukore like ndetse muyisharinge imenyekane cyane muraba muteye inkunga ikomeye umuziki wabo.
Noella
4,249 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply