Dr.Hamza yazanye abasirikare bo kurinda abitwa aba Love niga mu bukwe bwe na Rema wari umugore wa Kenzo
— November 14, 2019
Please enter banners and links.

Kuri uyu munsi tariki 14 Ugushyingo 2019 mu gihugu cya Uganda nta kindi kivugwa haravugwa ubukwe bw’umuhanzikazi Rema Namakula wahoze ari umugore wa Eddy Kenzo ubu akaba yarongowe na Dr.Hamza.
Ubu bukwe bwavugishije benshi nyuma yo kubushyiramo amafaranga menshi cyane agera kuri Miliyoni 500 ziribukoreshwe muri ubwo bukwe ku buryo nabwo buri bwandikwe mu mateka ya Uganda mu bukwe buhenze.
Umugabo wa Rema witwa Dr.Hamza akaba yazanye abasirikare kurinda umutekano w’ubukwe bwabo kugirango abitwa aba Love niga nkuko babise abo bakaba ari abo ku ruhande rwa Kenzo bataza kubateza umutekano mucye ubukwe bwabo ntibugende neza.








Eddy Kenzo ufitanye umwana na Rema we akaba yerekeje Dubai kugirango adakomeza kumva amakuru y’uwahoze ari umugore we arongorwa n’undi mugabo wamukuye mu rugo rwa Kenzo bityo akaba yagiriye kure akazagaruka iby’ubukwe birangiye.
Amakuru avuga ko Eddy Kenzo yari afite camera 3 iwe mu rugo ariko Rema atazizi akaba afite ibyo yabonye muri izo camera byatumye afata icyemezo cyo kuva mu rugo akajya kuba ahandi agasiga umugore n’abana kugeza ubwo umugore abonye umugabo umujyana.
Hari abantu bavuga ko Rema ibyo yakoze ataribyo kuva mu rugo ajya mu rundi naho abandi bakavuga ko Kenzo ibyo yakoze ataribyo gusiga umugore mu nzu n’abana akagenda ku buryo ubu abantu ariyo nkuru ivugwa no mu binyamakuru byo muri Uganda.
Noella
Gusa Kenzo ntago yatumiwe muri ubwo bukwe n’ubwo we yabajijwe n’abanyamakuru niba atumiwe yabutaha akavuga ko yabutaha atumiwe ariko abategura ubukwe bwa Rema na Hamza bakaba baravuze ko nta mwanya we wateguwe muri ubwo bukwe ndetse nta nimfashanyo ye bashaka kandi gutumira abashyitsi byarangiye bityo akwiye kwihangana.
5,291 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply