Riderman na Asnah bahoze bakundana bagatandukana nabi bakoranye indirimbo ariko ntaho bagaragara bari kumwe(Vidio).
— October 29, 2019
Please enter banners and links.

Muri iyi minsi abahanzi batandukanye barimo gusohora indirimbo zimwe zigakundwa izindi zikanengwa ndetse abantu bakaazivugaho ari muri urwo rwego twifuje kuvuga ku ndirimbo ya Ridermaan na Asnah.
Riderman ajya kumenyekana mu itangazamakuru yaakundanaga na Asnah ariko Asnah akaba atari yakabaye umuhanzi akaba yarabaye umuhanzi nyuma yo gutandukana na Riderman abantu bavuga byinshi bati ntabyo azashobora abandi bati n’akababaro ko kumuta Riderman agahita ashaka undi mugore byinshi cyane byaravuzwe.
Abantu bari baziko Asnah atazongera kuvugana na Riderman ariko muri iyi minsi ari kugenda ku maradiyo atandukanye avuga ku ndirimbo bakoranye yitwa turn up .

Asnah ari kumwe na Riderman cyera


Asnah ubu
Iyi ndirimbo nta hantu bagaragara bari kumwe mu mashusho yayo(Vidio) ndetse na Riderman ntago agaragara ugaaragara muri iyo video umusore wambaye masiki ahishe amaso nta nuwamenya niba ari Riderman cyangwa ari undi ariko ijwi wumva ari irye.
Abantu batandukanye baarimo kuvuga ko iyi ndirimbo turn up kuyumva audio cyangwa amajwi yayo ari meza ariko video yayo hari abatubwiye ko ari mbi wagirango yafasshwe na Teleephone itaciye muri studio.
Hari uwagize ati “Asnah n’umuhanzi urimo gukora izina kandi abonye manager yaba umuhanzi ukomeye ariko naakomeza gukora indirimbo nka ziriya zizamwicira umwuga nawe amere nka babakobwa baaje muri muzika bikabananira ba Fearless,Miraji ,Jody n’abandi batandukanye gusa mumubwire hakiri kare ahindure aduhe video nziza kuko turamukunda twifuza ko akora ibintu byiza”.
Ikindi abantu baribaza impamvu aba bahanzi bahoze bakundana ariko nyuma bagatandukana nabi impamvu batagaragaye bari kumwe mu mashusho yindirimbo ,ese batinye ko byateza ikibazo ku ruhande rwa Riderman.
Noella
4,528 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply