Umusaza w’imyaka 114 yagiye gupfa avuga ibintu bikomeye ko nta muntu wariye ingurube n’uwasambanye uzareba ku murambo we ashyingurwa
— October 29, 2019
Please enter banners and links.

Mu gihugu cya Uganda hari umusaza wagiye gupfa asiga avuze ibintu bikomeye aho yavuze ko umuntu wese uzaba yariye ingurube cyangwa yasambanye ntazirirwe aza gusezera umuraambo we.Abamuzi bavuze ko bigomba kubahizwa kuko bitubahirijwe hashobora kugwa imvura nyinshi irimo imirabyo n’inkuba .
Uyu musaza witwa Bujagali akaba yari umupfumu akaba yari azwi cyane ndetse no kumushyingura hakaba haragiyeyo abantu benshi kandi baakomeye muri Leta ndetse n’abazungu bivuze ko yakoeraga abantu benshi kandi ibyo bashaka bigakunda.
Ubundi bavuga ko uyu musaza atari umuntu woroshye ndetse no mu buzima busanzwe yari akaze cyane nta muntu umuzanaho imikino ku buryo bavuga ko ari nayo mpamvu yavuze ibintu bikomeye kuvuga ko nta muntu wariye ingurube ndetse nabasambanye ko baagera ku murambo we.


Uyu mugabo akaba yaravuze ngo uwitwa Senga Kuranama ko ariwe asigiye umuryango we kuzakurikirana umuryango we kubera ko ariwe wamuhaga imiti yo gukoresha kuko uyu Kuranama azwi cyane mu itangazamakuru ryomuri Uganda mu kuvura indwara zitandukanye akaba yarabihawe n’uyu musaza wapfuye.
Bujagali yavuze ko umurambo we uzasengerwa n’umuherwe witwa Jumba Lubowa Aligawesa kandi ikiriyo cye kizamara iminsi irindwi.
Ukuriye Ishyirahamwe ry’abavuzi gakondo Traditional Healers Association (NULITHA) Siraje Isabirye Kinagoidhi yavuze ko Bujagali yari afite imizimu n’amagini byinshi byamutoranije mu 1960 bimutwara gutura ahitwa Bujagali ariho yakoreraga kugeza apfuye.
Katukiro Muyiri yaavuze ko mu gusohora umurambo bashatse ihene n’inkoko ndetse n’itabi rya kinyafurika ndetse n’nzoga.
Ssaalongo Kinagoidhi yavuze ko babinyujije muri Hajati Kuranama ko ababwirira Museveni azaza mu kiriyo cya Bujagali kuko ngo bajyaga bakunda guhura iyo Museveni yabaga yagiye ku kirombe cy’amashanyarazi cya Bujagali.
Muhungu John-Kampala
4,896 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply