Ruhango :Yahawe ‘Convocation’ n’Akagari asabwa kuza yitwaje ibyangombwa bitangaje 6(Soma inkuru ubimenye)
— October 23, 2019
Please enter banners and links.

Umuturage mu Karere ka Ruhango yahamagajwe kwitaba ku Kagali yitwaje ibyangombwa 6 ariko bitangaje bikaba byiriwe ariyo nkuru ivugwa hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga.
Bimwe muri ibyo byangombwa yatumwe n’ibi bikurikira ,
1.Mutuweli
2.Ikarita y’umuganda
3.Icyemezo cy’irondo
4.Icyemezo cy’ubwiherero bwuzuye
5.Icyemezo cy’uko ufite akarima k’igikoni
6.Icyemezo cy’uko adakora/adacuruza ibinyobwa bitemewe
Amatariki agaragaza ko ‘Convocation’ yayihawe ejo hashize kuwa kabiri, kandi agomba kuza yitwaje ibi byangombwa ejo kuwa kane mu gitondo.
Igihe wahamagazwa n’Akagari kawe ibi byangombwa wabibona?.Nyuma y’igihe gito Minisitiri y’Ubutegetsi bw’Igihugu ibinyujije kuri twitter yagize icyo ibivugaho.


5,860 total views, 5 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply