Musanze: Abaturage 8 bishwe n’abagizi ba nabi bakomeretsa abandi 18
— October 5, 2019
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa 05 Ukwakira 2019 Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu ijoro ryakeye hari abagizi ba nabi bigabije mu baturage b’Akarere ka Musanze mu Murenge wa Kinigi bitwaje intwaro gakondo n’imbunda bahitana abaturage 8 bakomeretsa abandi 18.
Mu bishwe 6 muri bo bishwe hakoreshejwe intwaro gakondo abandi 2 bicwa barashwe amasasu. Polisi y’u Rwanda ivuga ko inzego z’umutekano zihutiye gutabara no guhumuriza abaturage ariko nta yandi makuru yababa batawe muri yombi cyangwa aho abo bagizi ba nabi baturutse nkuko itangazo rya polisi ribivuga.

5,241 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply