Umujyi wa Kigali wubatse inzu nziza zirimo ikoranabuhanga abagenzi bategeramo imodoka (Amafoto)
— July 12, 2019
Please enter banners and links.

Abanyamugi bashyizwe igorora nyuma y’uko inzu y’igerageza mu zari kuzubakirwa abagenzi bategereje imodoka rusange ku mihanda minini yasenywe muri Mutarama uyu mwaka kuko itari yujuje ibisabwa, ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwubatse indi itandukanye n’iya mbere.
Mu Ukuboza 2018 nibwo ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwatangaje uyu mushinga nka kimwe mu bigomba kujyana na gahunda y’Umujyi ugezweho (Smart City).

Inzu abagenzi bagiye kujya bategeramo imodoka



Icyo gihe inzu ya mbere y’igeragezwa yubatswe i Remera ahazwi nko kwa Lando. Iyi nzu yaje gusenywa imaze kuzura kuko ngo hari ibyo bari basanze itujuje ugereranyije n’ibyifuzwaga.
Ubu bwoko bushya bw’inzu abagenzi bazajya bategerereza mo imodoka bwubatswe i Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge.

Tumwe mu tuzu abagenzi bategeragamo imodoka
Izi nzu zizaba zirimo ikoranabuhanga ryereka umugenzi aho imodoka ategereje igeze, zizaba zifite icyuma cyo gushyira amafaranga ku ikarita y’urugendo kandi zishobora kurinda abagenzi baba abicaye n’abahagaze imbere yazo kwicwa n’izuba no kunyagirwa.
5,265 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply