Uganda:85% abakobwa basohokanwa kurya ibiryo by’ubuntu.
— July 1, 2019
Please enter banners and links.

Ubushakashatsi bwakoze na Azusa Pacific University bugaragaza ko hari abakobwa benshi basohokanwa n’abasore baba bagiye kurya ibiryo by’ubuntu.
Cyane cyane abasore bumva ko gutereta umukobwa ugomba kubanza kumusohokana ukamugurira ibiryo byiza bihenze kugirango ubone uko umubwira ibyo ushaka.
Mu bihugu bimwe na bimwe n’umukobwa yagurira umuhungu kuko mu bihugu byateye imbere uburinganire bwageze kurwego rushimishije ntabyo gukura umusore kuko uziko afite amafaranga kandi n’ibyo agusaba (atereta)ubizi ko utari bubyemere ahubwo ukabikorera icyo kugirango umuhombye urye ibiryo byubusa.
Nkuko ikinyamakuru kitwa Galaxyfm.co.ug cyabyanditse kivuga ko kandi abo bantu bakunda kurya ibiryo by’ubuntu usanga bafite imyumvire iri negative aho arangiza kurya agatangira kunenga uwabimuguriye ngo uriya se buriya abona turi kurwego rumwe?n’ibindi nk’ibyo.

Kandi ngo abo bantu usanga muri Telephone zabo hari amazina yanditsemo ngo food (Ibiryo)uwo ari umuntu aziko iyo amuhamagaye byanze bikunze aba ari burye ibiryo amugurira abandi handitsemo ngo Beer (Byeri)abandi Saloon.

Ubu bushakashatsi buvuga ko cyane cyane bene abo bakobwa iyo amenyanye n’umusore atangira kumwoherereza amafoto ashotorana bigatuma umusore ajya mu bitekerezo byo kuryamana nawe kandi umukobwa we ataribyo arimo ahubwo abara ibyo azagukuraho kandi ngo bene abo bakobwa usanga afite uwa musohokanye buri munsi kandi atari umwe ,umusohakanye uyu munsi ejo undi n’undi munsi undi gutyo gutyo ubuzima bwe ari ugusohoka buri munsi.
Bamwe muri abo bakobwa ngo hari igihe abanza no kubwira umusore ati urangurira inkoko niba utabishoboye ushake abandi mu gihe umusore aba afite imibare yo kumugira umugore we mu gihe kizaza.
6,156 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply