
Urukundo rwa Asnah na Sarpong wa Rayon Sports kuki rutarambye akitwarira iwabo undi mukobwa?
— June 20, 2019

Please enter banners and links.
Mu minsi yashize umuhanzi Asnah uzwi cyane mu itangazamakuru ryo mu Rwanda kubera urukundo yigeze kugirana n’umuhanzi Riderman nyuma bagatandukana ku munota wanyuma Riderman akora ubukwe n’undi mukobwa.
Byaravuzwe cyane ariko abantu batekereza ko bibabaje Asnah bikomeye ariko byamuhaye inzira yo kwinjira muri muzika ubu akaba ari umuhanzi umaze gufatisha.


Mu minsi ishize yagaragaye ku bitangazamakuru ndetse biravugwa cyane ko ari mu rukundo n’umukinnyi Sarpong ukinira ikipe ya Rayon Sports ku buryo uyu muhanzi atasibaga kujya kureba umukino wa Rayon Sports kubera Sarpong.
Mu minsi ishize uyu mukinnyi yagiye mu gihugu cy’iwabo cya Ghana ajyana n’umukobwa witwa Miss Amandah Isimbi mu gihe abantu bari baziko azajyana na Asnah.
Nyuma hari abantu batangiye ku byibazaho ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye nka Facebook bavuga ko bari baziko noneho Asnah afatishije ariko nabwo birangira uyu rutahizamu wa Rayon Sports yijyaniye undi bajya kuryoshya no kurya ubuzima.

Riderman agikundana na Asnah

Bamwe batangiye kujya bavuga bati Asnah niwe utazi gutanga care ku basore bakundanye nawe cyangwa hari ikindi kibazo ,nyuma ya Riderman none Sarpong nawe biranze ese azabona undi?.
Hari amashusho ya Asnah ari ku mwe na Sarpong maze Asnah ashaka kumusoma undi amutega ijosi bigaragara ko uyu mukinnyi atakunze Asnah ahubwo yamuryagaho umwungara gusa.
5,061 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply