Breaking News :Haravugwa ko umunyarwanda yarasiwe muri Afurika y’Epfo
— May 30, 2019
Please enter banners and links.

Amakuru ageze ku kinyamakuru Umusingi ni uko hari umunyarwanda urasiwe mu gihugu cya Afurika y’Epfo witwa Nkurunziza Camille.
Bamwe mu bantu bari muri icyo gihugu babwiye Ikinyamakuru Umusingi ko bakeka ko ari Nkurunziza Camille warashwe muri uyu mugoroba ku itariki ya 30 Gicurasi 2019 ariko aho yarasiwe muri Cape Town polisi yaho yabujije abantu kuhagera.
Ikinyamakuru Umusingi kiracyakurikirana kumenya amakuru neza uwamurashe n’icyo yamuzijije,tukaba turibubagezeho amakuru arambuye nitumara kuyatohoza neza.



4,257 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply