King Mswati III wa Swaziland yategetse abagabo kurongora abagore 2 cyangwa barenze bitaba ibyo bagafungwa
— May 13, 2019
Please enter banners and links.

Mu gihugu cya Swaziland ubu haravugwa amakuru ko abagabo benshi bafite ubwoba ko bashobora gufungwa kubera itegeko Umwami w’icyo gihugu yatanze ry’abagabo kurongora abagore babiri cyangwa barenze.
Bamwe mu bagabo batangiye kuvuga ko Umwami Mswati III atari akwiye gutegeka abagabo kurongora abagore 2 cyangwa barenze utabishoboye agafungwa kuko ngo ari ukubahohotera no kutubahiriza uburenganzira bwa muntu.
Umwe mu bagabo muri icyo gihugu Ojealaro yavuze ko kurongora abagore 2 bijyanye n’ubushobozi ati « Ubwo se udafite ubushobozi bwo gutunga abagore babiri ntazajya afungwa azira ubusa ? ».
Umwami Mswati we afite abagore 15 akagira abana 25 mu gihe ise yari afite abagore 70 n’abana 150.


Umwami Mswati III



Abagore b’Umwami Mswati III
Umwami Mswati avuga ko kugirango ategeke abagabo gushaka abagore benshi ari uko icyo gihugu gifite ikibazo gikomeye cyo kugira abagore benshi baruta abagabo ubwinshi.
Hari abandi batangiye kuvuga ko aribyo byiza kuko bizaca ikibazo cy’uburaya no kubyara abana benshi ababyeyi babo badashoboye kubarerera.
Amakuru muri icyo avuga ko aricyo gihugu kigira abakobwa bakiri isugi kurusha ibindi bihugu bitewe n’umuco w’icyo gihugu ,umuco ibindi bihugu bitangiye gukunda ariko kuwushobora bishobora kugorana.
Umwami Mswati akaba yavuze ko umugore uzagerageza kwanga guharikwa azajya afungwa burundu mu gihe bigoranye kubona umugore yemera ko umugabo we ashaka undi mugabo ariko ibintu byose ni mu mutwe bizakunda kandi bimenyerwe.
Muhungu John-Kampala
8,301 total views, 5 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply