Eddy Kenzo yifotoranije n’undi mugore bikekwa ko ariwe ugiye gusimbura Rema bafitanye ibibazo
— April 9, 2019
Please enter banners and links.

Amakuru ya Kenzo n’umugore we Rema amaze igihe mu binyamakuru aho inkuru nyinshi zivuga ko bamaze gutandukana rimwe na rimwe nabo ubwabo bakanyuzamo bakavuga ko bameze neza ariko ubu inkuru igezweho n’umugore Eddy Kenzo yifotoranije nawe.
Eddy Kenzo n’umuhanzi ukomeye mu gihugu cya Uganda akaba yashyize ifoto ye n’umugore bifotoranije ariko ntiyagira icyo atangaza uretse kwerekana ifoto ye ari kumwe n’uwo mugore.
Bamwe batangiye kuvuga ko ari we mugore agiye gusimbuza Rema umugore we nawe w’umuhanzi ukomeye aho mu minsi yashize byavuzwe ko uyu mugore wa Kenzo yujuje inzu ye ndetse ateganya kuyitaha vuba agatandukana na Kenzo wanze kumushaka byemewe mu mategeko.


Andi makuru ashobora gushingirwa ko Eddy Kenzo ifoto yagaragaje ari kumwe n’undi mugore bishobora kuba ukuri kubera ko umugore we ubwo yari yagiye Danmark mu gitaramo yakoreye muri icyo gihugu bivugwa ko umugabo uzamushaka yamuhaye ururabo nk’ikimenyetso ko amukunda.
Mu gihugu cya Uganda bagire abagore bitwa Senga mu Kinyarwanda abo wakwita ba Nyirasenge b’umuntu bo itangazamakuru ribaha umwanya bakavuga ku bibazo by’ingo ,ku kibazo cya Kenzo na Rema Senga akaba yaravuze ko ushobora gusanga Kenzo na Rema badahuza kubera ko bombi ari abahanzi bakomeye buri umwe adashaka guca bugufi ngo yumvire mugenzi we cyangwa umwe muribo afite ingeso mbi.
Kenzo bamaze kumuvugaho abagore benshi barimo undi muhanzi ukomeye witwa Cindy ,n’undi muhanzi nanone witwa Lydia Jasmine ,uwitwa Pia Pounds nawe n’umuhanzi n’abandi batandukanye.
7,095 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply