Umugore wa Bebe Cool yasabye abamugereranya n’umugore wa Bobi Wine ko ntaho bahuriye we ari Umwamikazi ariko bamucyurira kurya umusoro
— March 25, 2019
Please enter banners and links.

Umugore wa Bebe Cool uzwi nka Zuena yabwiye abantu kurekeraho kumugereranya n’umugore wa Bobi Wine witwa Barbie Itungo ko we amurenze ari Umwamikazi (Queen).
Aba bagore bombi cyera bari inshuti ariko kubera amakimbirane y’abagabo babo bahora bahanganye byatumye n’abagore umubano wabo ucikamo kabiri nabo batangira guterana amagambo.
Zuena akomoka muri Busoga mu gihe Barbie Itungo afitemo amaraso y’Abanyarwanda n’Abanyankore byumvikane ko Barbie amuruta ubwiza n’ubwo aho buri umwe akomoka bitakagize icyo bivuze kubwiza ariko mu by’ukuri Barbie aruta Zuena nkuko umwe mu bafana ba Zuena yabyanditse ku rubuga rwa Zuena.

Barbie Itungo umugore wa Bobi Wine ibumoso na Zuena umugore wa Bebe Cool

Barbie



Bobi Wine n’umugore we Barbie Itungo


Ibi byabaye nyuma ya Zuena gutangaza ubucuruzi bwe bwa Cakes n’imitako akorera abantu bafite ubukwe n’ibindi biroro bikenera imitako aho yabinyujije ku rubuga rwe rwa Facebook arangira abantu aho bashobora kumusanga.
Yabwiye abantu ati murekeraho kungereranya na Barbie kuko njye ndi Umwamikazi kandi Imana twese yaturemye buri umwe ukwe .


Bebe Cool n’umugore we Zuena


Zuena yakomeje avuga ati icyampa twese tukajya tubona ibintu kimwe cyangwa tukabisobanukirwa kimwe akaba yabivuze nyuma y’umufana wari wanditse ko ayo mafaranga akoresha mu bucuruzi bwe ari imisoro y’abaturage akoresha kuko bamaze kumenya ko ari amafaranga Perezida Museveni aha umugabo we Bebe Cool ugerageza kuvugira Museveni arwanya Bobi Wine akunzwe n’abantu benshi bibumbiye muri People Power ndetse ushaka gukuraho Museveni ku butegetsi mu matora ya 2021.
Ariko umugore wa Bobi Wine uzwiho ubuhanga n’ubwenge bwinshi ntago apfa kuvuga abanza kwitonda agatekereza ku cyo agiye kuvugaho akaba ataragira icyo avuga kuri Zuena watangiye kumwataka.
6,391 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply