Minisitiri Sezibera yahakanye ifungwa ry’abasirikare bakomeye 3 b’uRwanda barimo Gen.Ibingira Fred.
— March 7, 2019
Please enter banners and links.

Kuri uyu munsi Kuwa 5 Werurwe 2019 Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr.Richard Sezibera yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru ku bibazo bijyanye n’imibanire hagati y’uRwanda n’ibindi bihugu.
Muri icyo kiganiro yabajijwe ibibazo bitandukanye harimo icya abasirikare bakuru 3 bamaze iminsi mike ku mbugankoranyambaga havugwa ko bafunzwe ,yanabajijwe ku kibazo cyo gufunga imipaka ndetse no ku kibazo cya Rweru hongeye kuvugwa imirambo y’abantu n’ibindi bitandukanye.

Gen.Fred Ibingira wahoze ayobora Inkeragutabara

Gen.Nzabamwita Joseph

Gen.Ruvusha
Ku kibazo cy’Abasirikare 3 bakomeye bavugwa ko bafunzwe barimo Gen.Ibingira Fred,Gen.Nzabamwita na Gen.Ruvusha ,Minisitiri Sezibera yabanje kubwira umunyamakuru wamubajije icyo kibazo ko avuga amazina yabo basirikare bavugwa ku mbugankoranyambaga kuko we atasomye imbugankoranyambuga maze umunyamakuru arabavuga amusubiza agira ati “Oya kuki abantu bifuza ko bafungwa?ejo nari kumwe na Gen.Nzabamwita ntago bafunzwe rwose ibyo n’ibihuha by’abantu”.
4,650 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply