Dore umupfumu uvura ibyo abantu baburiye umuti harimo inyatsi ,kuzana abakiriya no kubura urubyaro n’abakobwa bagumiwe no kuvura ibirozi n’ibindi byinshi,uzi impamvu ubona injangwe mutubari n’ahandi?
— March 2, 2019
Please enter banners and links.

Umusore ukiri muto w’Umupfumu witwa Kanyamahanga Eric mwene Gakwisi Anastase uvuka mu bana 9 akaba yaragiranye ikiganiro n’Ikinyamakuru Umusingi Kuwa 28 Gashyantare 2019 aho atuye za Karuruma.
Ikinyamakuru Umusingi kifuje kumenya birambuye uyu Mupfumu ukiri muto umaze kumenyekana cyane hirya no hino ku isi maze yemera kutuganirira mu buryo burambuye uko akora ubupfumu bwe n’indwara avura.
Hari abantu benshi batemera Abapfumu ariko bakumva abantu bavuga ngo kanaka agira inyatsi ariko abantu ntibasobanukirwe inyatsi icyo ari cyo n’ikiyitera n’ikiyivura ,abandi bakumva imyuka ntabamenye iyo ariyo n’ikiyitera n’ibirozi n’ibindi byinshi byose Kanyamahanga akaba abisobanura neza.
Ushobora kumenya impamvu washatse akazi ukakabura?ushobora gusobanura impamvu uhora ubona amafaranga ariko nta kugirire akamaro agashira mu buryo utazi?ushobora kumenya impamvu uri umukobwa warabuze umugabo kandi uri mwiza bagenzi bawe bo ukabona bafite abakunzi ndetse bagashaka abagabo bakarongorwa wowe ukiri aho?cyangwa uzi impamvu muhora mushwana mu rugo rwanyu kandi ntacyo mubuze baturanyi banyu bo bimereye neza?ibi byose Kanyamahanga niwe muti wabyo kuko ngo arebaho gusa bigakemuka.

Kanyamahanga Eric wamuhamagara kuri 0786686869



Ayo n’amatungo bamuzanira y’ibara rimwe yo guha abakurambere be

Kanyamahanga Eric agira ati “Abantu benshi bafite ibibazo ariko ntibazi ikibitera ariko ibibazo byinshi uretse amarozi ibindi biterwa n’imyuka mibi ituruka kuri basekuruza babo kuko cyera imiryango yose yaraterekeraga abazungu baje bazana gahunda yo guterekera Imana kuko buriya abantu baterekera mu buryo bwa kizungu”.Kanyamahanga avuga ko avura ibintu byinshi harimo ibirozi akavura ibitega, akavura amahembe ibi byose n’ibirogano byose avuga ko amaze kubivura abantu benshi.Uretse ibirozi hari n’ibindi byinshi avura bimwe n’inyatsi aho usanga umuntu ahora mu kazi abona amafaranga ariko atajya atera imbere ati uwo muntu byanze bikunze aba afite inyatsi ikomeye namugira inama yo kuza nkamuha imiti yo gukoraba agakira.
Abantu ntibakabone bagenzi babo batera imbere kandi batabarusha ubwenge batabarusha amafaranga ariko bagatera imbere nta kindi iyo n’inyatsi kandi kuyivura nako kanya.
Ikindi yavuze n’abakobwa birirwa mu Nsengero abapasiteri babajyana mu misozi ngo kubasengera ngo bafite umwaku ngo babuze abagabo abandi nabo ngo barashaka abagabo ati kubajyana mu misozi se niho Imana iba?nabo baba bagiyeyo guterekera kandi abenshi bavayo bakaza hano bakabimbwira kandi njye mbaha umuti ugakora naho biriya babatwaramo nta kigenda.
Ibindi yatubwiye n’ibijyanye n’abantu baba bafite amazu yabuze abakiriya bayajyamo cyangwa washaka kugurisha ukabura uyigura cyangwa isambu ukabura uyigura ibyo afite imiti aguha inzu yawe cyangwa isambu yawe ikabona umukiriya.
Yasabye abantu bose baziko bafite inyatsi ,abafite imyuka mibi ituma badatera imbere ,ababuze urubyaro ,abagumiwe,abashaka ko abagabo babo babakunda cyane cyangwa abagore babo babakunda cyane ,abahinzi bafite imirima abajura barabazengereje babiba ko afite umuti uwaza kwiba agafatirwa mu murima ,abo bose afite umuti abaha ibibazo byabo bigakemuka cyangwa abarwaye bagakira.
Kanyamahanga avuga ko abakurambere b’iwabo aribo bamutoranije bamushyiramo ibyo kuvura abantu kubera ko cyera nabo baterekeraga bityo iyo agiye kuvura abantu ajya kubanza kubasaba akabinginga bakaza bakamutegeka uko avura abo barwayi ariko ngo hari igihe ajyayo agahamagara abakura mbere be bakanga kuza wenda ngo yabarakaje.
Dusoza nawe ikiganiro yavuze ku nyamaswa izwi nk’injangwe cyangwa ipusi ko akenshi ariyo abantu bashyiramo ibirozi birinda birinda ibipangu byabakire ,zikazana abakiriya bagakodesha amazu ,zikazana abakiriya mu tubari no muri za Butike.
Twanamubajije niba nabari mu mahanga yabavura cyangwa akabaha imiti maze avuga ko aho umuntu ari hose yamukorera apfa kumuha umwirondoro we cyangwa uwo ashaka ko amukoraho yabikora ndetse uwumva afite uwo ashaka kwishyuza wamwambuye ibyo nabyo arabikora ukishyurwa.
Muri macye niba uzi urwaye izi ndwara zikurikira wamurangira kwa Kanyamahanga Eric ,ufite inyatsi,ushaka ko umuhungu cyangwa umukobwa amukunda cyane ,abahora mu makimbirane mu rugo rwabo,umuti uzana abakiriya,uwirukana umwaku ,abagore babuze urubyaro ,abafite imyuka mibi ituma batubaka cyangwa ugasanga umuntu ahora mu kabari iyo yose n’imyuka mibi yose arayirukana.
Gatera Stanley
11,282 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply