Bishop Rugagi yaba yarahungiye muri Canada?
— January 21, 2019
Please enter banners and links.

Amakuru agera Ku kinyamakuru Umusingi aturuka mu bakozi ba Bishop Rugagi aravuga ko ashobora kuba yarahungiye mu gihugu cya Canada.
Umwe mu bakozi bakorere igitangazamakuru cye utashatse ko amazina ye atangazwa yatubwiye ko amakuru ari ku kazi ka Boss we ariwe Bishop Rugagi ari uko yahunze igihugu akaba yarahungiye muri Canada.
Tukimara kumenya ayo makuru twashatse kumenya niba aribyo koko duhamagaye nimero ze twumva zitanyuramo ndetse hakaba hashize iminsi 3 tugerageza kumuhamagara ariko ntibikunde.
Uwaduhaye amakuru akadusaba kumugirira ibanga ntidutangaze amazina ye yagize ati “Hari Ikinyamakuru giherutse kumwandika ko akorana n’abanzi b’Igihugu ibyo bintu byamuteye ubwoba cyane kandi na mbere yaho yari yafunzweho igihe hafungwaga insengero nyinshi akaba ashobora kuba yaragize ubwoba agitamo guhunga igihugu”.
Turacyagerageza gukurikirana amakuru avugwa kuri Bishop Rugagi aramutse atuvugishije ubwo twabagezaho ibyo yatubwira ku makuru amuvugwaho nayo tukayabagezaho.
8,761 total views, 9 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
WHO IS THE CEO STANLEY GATERA?
Leave a reply