Byakomeye :Umukobwa wa 2 nawe amaze gusezererwa muri Miss Rwanda 2019
— January 21, 2019
Please enter banners and links.

Igihozo Darine wari wambaye nimero 26 niwe mukobwa wa 2 wasezerewe mu irushanwa rya nyampinga (Miss) w’ u Rwanda 2019.
Ku mugoroba wo ku cyumweru tariki 20 Mutarama 2019 nibwo Higiro Joally yasohotse muri boot camp, uyu yari abaye uwa mbere usohotse abimburiye abandi bane bagomba kumukurikira cyane ko umunsi wa nyuma w’irushanwa uzagera hasigayemo abakobwa 15 muri 20 bari binjiye mu mwiherero w’aya marushanwa.
Nkuko byagenze ku munsi wa mbere abakobwa bahawe itegeko ko bagomba gutegura ibintu byabo uko babizanye ku mugoroba batangira gukora challenge ubundi batangira kuyibazwaho buri mukobwa yari afite iminota itatu yo gusobanura ku byo yabajijwe. aha bahawe ingingo 3 zo kuvugaho arizo;
-Uburyo Miss Rwanda yashyigikira gahunda ya Visit Rwanda
-Uburyo Miss Rwanda yafasha abana babakobwa kubona imirimo
-Gusobanura uburyo umuntu yakwiyigisha atari ngombwa ko ajya mu ishuri

Igihozo Darine


Umurungi Sandrine ufite nimero 19 na Igihozo Darine nibo bagize amanota make mu kizami bahawe n’ akanama nkemurampaka, ninabo batatowe cyane binyuze mu butumwa bugufi SMS.
Abakobwa babiri bagize amanota make mu kizami batanatowe cyane, itora rya bagenzi babo niryo ryemeza utaha n’ usigara. Umurungi yatowe n’abakobwa 13 arasigara naho Igihozo atorwa n’ abakobwa atanu asezererwa atyo.
Igihozo Darine yavuze ko ‘kuba muri boot camp byari byiza, ngo yize ibintu byinshi, n’ubwo urugendo rurangiriye ’.
Igihozo Darine watashye kuri uyu wa Mbere tariki 21 Mutarama atashye nyuma ya Higiro Joally wasezerewe ejo ku Cyumweru tariki 20 Mutarama.
4,421 total views, 7 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply