Yananiwe kwihangana nyuma yo kumenya ko yanduye SIDA yikataho ijosi akoresheje icyuma
— January 19, 2019
Please enter banners and links.

Waswa Kalibara w’imyaka 55 yari yaje kwa mushiki we Justine Nantalo kwivuze ariko abaturage bagiye kubona babona afashe icyuma ari mu nzu ya mushiki we yikata ijosi arapfa.
Ibi byabereye mu gihugu cya Uganda ahitwa Bulenga muri Wakiso ,mushiki we akaba yavuze ko yari agiye muri dushe gukaraba agiye kumva yumva umwana aramuhamagara ngo Waswa afashe icyuma bahita bahamagara abagabo kugirango batabare ariko bagatinya kwinjira mu nzu batinya ko yabatera icyuma.
Bamwe mu baturage bamuzi bavuze ko yananiwe kwihanganira kumenya ko yanduye agakoko gatera SIDA ahitamo kwiyica .
Umwe mu baturage bari bari aho yavuze ngo imiti igabanya ubukana yaraje kandi abantu banduye SIDA ari benshi kwiyica ntago ariwo muti .
Undi mushiki we Nakakande Agnes waje amuherekeje kwivuza baturutse Busuju muri Mitiyana yavuze ko musaza we amaze igihe yigamba ko aziyahura.
3,950 total views, 5 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply