Ubwoba :Uganda yakajije umutekano ku mipaka yayo kubera igitero cyagabwe muri Kenya kigahitana 14
— January 16, 2019
Please enter banners and links.

Mu gihe muri Kenya ku munsi w’ejo hashize tariki 15 Mutarama 2019 hagabwe igitero cyahitanye abantu 14 ahitwa Dusit D2, 14 Riverside, Westlands ,ubu Uganda yakajije umutekano ku mipaka yayo itinya ko Alshaabab nabo ishobora kubatera.
Ku munsi w’ejo nibwo mu mujyi Nairobi ibyihebe byateye birasa amasasu menshi yahitanye abantu ndetse batwika n’imodoka ndetse bafata abantu bamwe nk’ingwate.
Mu mwaka wi 2010 Alshabaab yateye igihugu cya Uganda itera ibisasu ahantu habiri icya rimwe byahitanye abantu 100 ikaba ariyo mpamvu Uganda yongeye kugira ubwoba ko ishobora kongera gutera ikica abandi bantu.
Alshabaab ivuga ko yahannye Kenya kubera yohereza ingabo zayo muri Somalia kimwe na Uganda n’ibindi bihugu bifite umutwe witwa AMISOM kurwanya intagondwa z’Abayisiramu bityo izo ntagondwa zikaba zidashaka ko ingabo z’ibyo bihugu kuguma muri Somalia.



Bamwe mu basirikare muri Kenya batabara ahari hatewe ibisasu

Polisi ya Uganda ikaba yihanganishije imiryango y’abaguye mu gitero ndetse ikavuga ko yifatanije na Kenya mu kurwanya Alshabaab .
Uganda nayo ingabo zayo zikaba ari zo zakuye Alshabaab mu mujyi wa Mogadishu bityo bakaba bahigira Uganda kuzongera kuyigabaho igitero nk’icyo bagabye muri Kenya.
Polisi ya Uganda ikaba yabwiye bantu kuba maso mu kazi aho bakora ,ahio bacururiza ,aho bahahira mu masoko atandukanye ndetse no mu Nsengero basengeramo.
5,322 total views, 5 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
WHO IS THE CEO STANLEY GATERA?
Leave a reply