Umuzungu wakundanye na Judy umugore wa Safi Madiba mbere yo gupfa arashaka ko abantu bamenya urupfu rwe
— January 12, 2019
Please enter banners and links.

Rick Hilton n’umuzungu wamenyekanye ubwo Judith Niyonizera bakundanaga ndetse babana akamuta mu nzu akaza mu Rwanda gukora ubukwe n’umuhanzi Safi Madiba.
Byaravuzwe cyane mu binyamakuru bitandukanye ndetse umuzungu avuga ko byamuteye ihahamuka kubona umukobwa babanaga akora ubukwe na Safi atabizi aho yavugaga ko Judith Niyonizera yamubwiye ko aje gutembera mu Rwanda naho aje mu bukwe.
Ibyo sibyo dushaka kubagezaho kuko byarangiye ahubwo abatarashoboye gusoma zimwe mu nkuru Ikinyamakuru Umusingi cyanditse kwari ukugirango mwinjire mu nukuru neza muzi itangiriro ry’inkuru y’uyu muzungu uba muri Canada witwa Rick Hilton.
Ejo hashize kuwa gatanu tariki 11 Mutarama 2019 nibwo Rick Hilton yadutangarije ko arwaye kanseri ndetse ko twabimenyesha abamuzi bose ku isi aho yagize ati “Tell the world if they care”.Hano ugenekereje mu Kinyarwanda yavuze ngo mu bwire bose ku isi niba babyitayeho .

Rick Hilton ari kwa muganga

Rick Hilton


Rick Hilton ari kumwe na Judith ubu umugore wa Safi Madiba

Hari hashize iminsi nabwo atubwiye ko arimo gukora filime y’ubuzima bwe n’ibibazo byose yanyuze ariko kubera uburwayi bukomeye afite bitazamushobokera kuyirangiza kuko avuga ko afite ububabare bwinshi amasaha 24/7.
N’inkuru ibabaje ariko Imana ikomeze kumuba hafi ndetse bishobotse imukize kuko niyo ishobora byose .
9,091 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply