Itariki umuhanzi ukomeye mu Rwanda Jay Polly azafungurirwaho yahindutse
— December 29, 2018
Please enter banners and links.

Umuhanzi Tuyishime Joshua wamamaye mu njyana ya Hip Hop, nka Jay Polly itariki azafungurirwa yahindutse, yimurirwa tariki 31 ukuboza 2018.
Mupenda Ramadhan [Bad Rama] uhagarariye The Mane, yateguye igitaramo cyo kumwakira yabwiye bimwe mu bitangazamakuru ko uyu muhanzi azarekurwa ku wa Kabiri w’iki cyumweru.
Ati “Jay Polly azava muri gereza ku wa 1 Mutarama 2019 saa mbili za mugitondo. Azarekurwa ku wa 31 Ukuboza 2018, ariko ave muri gereza mu gitondo cyaho”.
Byari biteganyijwe ko Jay Polly yagombaga gufungurwa ku wa 28 Ukuboza ariko haza kubaho imbogamizi zatumye hiyongera indi minsi.
Uyu muraperi wubatse izina mu buryo bukomeye mu Rwanda, ku wa 24 Kanama 2018 nibwo yakatiwe igifungo cy’amezi atanu nyuma yo gukubita no gukura amenyo umugore we Shalifa Mbabazi.



Jay Polly wamaze kurangiza igihano cye azava muri gereza yari afungiwemo ya Mageragere yitabire igitaramo cyo kumwakira kizaba ku wa 1 Mutarama 2019. Kizabera muri Platinum Club i Kibagabaga.
Kizahuriramo abahanzi batandukanye nka Queen Cha, Safi Madiba, Asinah na Jay Polly. Kizayoborwa n’umunyamakuru wamamaye mu biganiro by’imyidagaduro no kuyobora ibitaramo bitandukanye, Ally Soudy afatanyije na Shaddy Boo ukunzwe ku mbuga nkoranyambaga.
5,373 total views, 5 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply