Uganda basabye inguzanyo ya Miliyari 380 yo gukoresha mu bikorwa by’ibanga hacyekwa ko ari intambara barimo kwitegura
— December 19, 2018
Please enter banners and links.

Minisitiri y’imari muri Uganda yasabye inteko ishingamategeko y’icyo gihugu ko iyemerera igasaba inguzanyo ya Miliyari 380 azakoreshwa na Minisiteri y’Ingabo mu bikorwa bikorwa mu ibanga.
Bamwe bumvise aya makuru batangiye gucye ko hashobora kuba hari intambara iki gihugu gishobora kuba kirimo kwitegura kuko ayo mafaranga basaba ari menshi cyane kandi bikavugwa ko azakoreshwa mu bikorwa by’ibanga (Clasified Expenditure).
Nkuko ikinyamakuru cyo muri Uganda cya chimpreports kibuvuga kigaragaza ko amwe muri ayo mafaranga ari ayo guhemba local defensi ziherutse kwinjizwa muri ako kazi ko gufasha polisi kurwanya iterabwoba n’ibindi byaha bitandukanye muri icyo gihugu.
Abakeka intambara n’ukubera amakuru amaze iminsi avugwa hagati y’ibihugu bituranye na Uganda ndetse n’inyeshyamba za ADF ko mu mpera z’umwaka iki gihugu kibasirwa cyane abagizi ba nabi bakica abantu bityo bikaba aribyo bicyekwa ko ayo mafaranga aricyo yasabiwe.
Ibi Minisiteri ikaba yasabye Perezidante w’Inteko ishingamategeko Hon.Kadaga ko byihutirwa cyane dore ko ayo mafaranga atari azaturuka mu misoro y’abantu ko yabemerera vuba bagakora ibyo yagenewe hatabayeho kubatinza.
Hashize iminsi havugwa umwuka utari mwiza hagati ya Uganda n’uRwanda kubera ikibazo cy’uBurundi ndetse bivugwa ko u Burundi bushobora kuba buri mu myiteguro y’intambara aribyo bamwe bacyeka ko Museveni ashobora gushyigikira Perezida Nkurunziza muri ayo mafaranga yasabwe akaba yamugurizaho macye dore ko binavugwa ko ari we wamusubije ku butegetsi ubwo yari yakorewe Coup d’Etat.
5,219 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply