Umuhanzi Diamond wo muri Tanzania yaciye mu rubyiniro aragwa bavuga ko umunyamakurukazi agiye kurongora atera umwaku abandi bati ni Zari batandukanye (Vidio)
— December 11, 2018
Please enter banners and links.

Umuhanzi Diamond Platinamz wo mu gihugu cya Tanzania aherutse kuba ari ku rubyiniro mu gihugu cya Kenya aho yari yateguye igitaramo gikomeye ariko ntibyamugendekeye neza kubera ko mu gihe yari arimo kubyina asimbuka simbuka urubyiniro rwatobotse akagwamo hasi .
Akimara kugwamo namugenzi we bari begeranye abantu batangiye kuvuga byinshi bamwe bati umukobwa agiye kurongora w’umunyamakuru witwa Tanasha ashobora kuba atera umwaku.
Harinabandi bihutiye kuvuga ko ari umwaku w’umugore we Zari w’umuherwe batandukanye babyaranye abana 2 ariwe urimo kumutera umwaku.
Hari n’abandi bavuze ko ari urubyiniro rwari rwubatse nabi aho muri Kenya yari yakoreye igitaramo ariko abenshi bavuga Zari kubera ko ariwe baherutse gutandukana .
Diamond ubundi n’umuhanzi uzwi mur Afurika gukora igitaramo cy’imbaraga nyinshi kubera ko aba asimbuka cyane yiruka ku buryo urubyiniro rushaje rushobora gutoboka akaba yakora impanuka nk’iyo yakoze n’ubwo hari abavuga ko aba yafashe no kutuyobyabwenge akagira imbaraga zidasanzwe.
Diamond n’umukunzi we Tanasha barateganya gukora ubukwe muri uku kwezi kwa 12 ariko avuga ko hagize igihinduka azabimenyesha abantu mbere ,akaba ateganya ko ubukwe bwabo buzamara iminsi 4.



Aha niho yaguye ari ku rubyiniro


Umunyamakuru Tanasha wo muri Kenya ugiye kurushinga na Diamond


Ku bijyanye n’ubukwe bwe Diamond yagize ati “Tanasha ni we mukobwa wenyine wanyeretse ko umubano wacu ufite gahunda. Kubera uko ari umwizerwa mboneyeho kuvuga ku mugaragaro ko ariwe rukumbi nzashyingiranwa nawe.”
Naho ibyo kugwa ari ku rubyiniro bamwe bakavuga ko ari igisebo abandi bakavuga ko ari umwaku wa Zari babyaranye abana cyangwa Tanasha bagiye kurushinga kugeza ubu akaba ntacyo arabitangazaho.

Diamond na Zari batandukanye



3,755 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply