Umuhanzi Spice Diana ashaka umuziki we kuwukora kinyamwuga kandi ugaera imbere akaba afite ibiro azinduka ajya ku kazi nkuko abandi bazinduka bakajyaho
— December 4, 2018
Please enter banners and links.

Umuziki n’ikimwe mu byinjiza amafaranga menshi mu bihugu bifite ubwizanzure kimwe n’imikino nk’umupira w’amaguru na Basket Ball n’indi mikino itandukanye ,bityo no muri Uganda abahanzi bakaba bamaze gutera imbere muri muzika .
Umuhanzi urimo kuzamuka muri iyi minsi muri Uganda witwa Spice Diana akaba ari umwe mu bamaze gutera imbere aho yakoze ibiro azajya ajya buri gitondo nkuko abandi bajya ku kazi.
Ubundi usanga abahanzi batagira ibiro (Office)ariko we avuga ko umuziki ari akazi nkakandi agomba kugira ahantu abamushaka muzajya bamusanga.


Umuhanzi Spice Diana ari mu biro bye

Bamwe mu bageze aho ibiro by’uyu muhanzi bavuga ko ari ibiro byiza bigaragaza ko afite amafaranga kandi ko ibyo yakoze bigaragaza gutera imbere muri muzika.
Ubundi abahanzi usanga bahamagarwa kuri Telephone mukumvikana aho muhurira nko mu kabari mugasinya amasezerano bikaba birarangiye ariko iyo umuntu aje mu biro by’umuhanzi nkuko Psice Diana abivuga abona ko ibyo ukora bifite gahunda kandi akagenda yizeye neza ko ibyo muzakorana bizaba uko mwumvikanye.
3,995 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply