Perezida wa Tanzania Pombe Magufuli niwe wabaye uwa mbere kugera Kampala mu mvura nyinshi
— May 11, 2016
Please enter banners and links.

Perezida w’igihugu cya Tanzania Pombe John Magufuli niwe wabaye Perezida wa Mbere mu ba Perezida 14 bazitabira irahira rya mugenzi wabo Museveni uzarahira umunsi w’ejo taliki ya 12 Gicurasi 2016.
Perezida Magufuli Pombe akaba ariwe wabaye uwambere kugera Kampala mu murwa mukuru wa Uganda akaba yahageze mu mvura nyinshi ,yakirwa na Perezida Museveni .
Perezida Pombe Magufuli ashaka ko ikintu cyose agikorera ku gihe kandi kigakorwa uko kigomba gukorwa nta gutinda cyangwa gutakaza umwanya uwo ariwo wose ikaba ariyo mpamvu ariwe wahageze mbere yabandi bose.





2,588 total views, 5 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply